Kuri uyu wa Gatandatu taliki 30, Nyakanga, 2022 i Kigali hatangijwe ku mugaragaro ubufatanye hagati y’abashoramari b’Abanyarwanda n’Absshinwa bihurije mu Kigo bise Asia Africa Logistics Ltd. Intego ya...
Kimwe mu bintu by’ingenzi bikubiye mu mabwiriza mashya aherutse gusohorwa n’Ubuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA) ni ibih...
Ubunyamabanga bw’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika byijemeje guhahirana, AfCFTA, bwaraye butangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu bitandatu byatoranyijwe ngo bizakorerwemo igerageza ry’umusaruro uzatangwa n’...
Umuhanzi Rugamba Cyrien yigeze kuririmba asaba ko Ikiremwamuntu cyubahwa kikarindwa akarengane. Icyakora hari bamwe bavugwaho gufata abantu bamwe nk’amatungo bacuruza mu isoko. Inkuru icumbuye ya BBC ...
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Borris Johnston uri mu Rwanda yaraye atangaje ko mu myaka itanu iri imbere, ibihugu 54 bigize Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth, buziyongeraho ...
Ikigo Mobile Money Rwanda Ltd (MoMo Rwanda) cyashyizeho uburyo bushya bwo guhererekanya amafaranga hagati y’abacuruzi bishyurana kugira ngo buborohereze mu kazi kabo. Bwiswe MoMoBusiness (MoMoBiz). Bw...
Nta myaka ibiri, itatu…ijya ishira nta kibazo cy’ubucuruzi hagati ya Kenya na Uganda kivutse! Akenshi Kenya ishinja Uganda gushaka kuzuza ku isoko ryayo ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge cyangwa bihomb...
Ni ibyemejwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryangano mpuzamahanga ugamije guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho witwa Digital Cooperation Organisation, Deemah Alyhay. Yabivuze nyuma yo gusinyana ama...
Mu nama yamuhuje n’abandi bayobozi bo muri Afurika ndetse n’inshuti zayo, Perezida Kagame yavuze ko amasezerano ashyiraho isoko rusange nyafurika atagamije ko ibihugu by’uyu muryango biba ari byo gusa...
Ni ikibazo cyabajijwe Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 18, Gicurasi, 2022 avuga uko ubuzima bw’igihugu bumeze, asubiza ko kugira ngo ur...









