Muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yahakiriye Pamela Coke- Hamilton uyobora ikigo mpuzamahanga cy’ubucuruzi kitwa International Trade Center. Baganiriye ku ngingo z’ubucuruzi n’ishoramari, ba...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje Mutarama, 2023 yarangiye ibiciro by’ibicuruzwa muri rusange bizamutseho 2.1% ugereranyije n’uko umwaka wa 2022 warangiye byifashe. Kur...
Mu Karere ka Nyagatare hagiye kuzura uruganda rukora amata y’ifu. Ruzajya rukusanya amata y’inka zo muri Nyagatare, muri Gatsibo, muri Kayonza no muri Kirehe. Ni two turere dufite inka nyinshi kurusha...
Nigeria nicyo gihugu gikize kurusha ibindi muri Afurika kandi ubu bukire bigaragara ko buzamara igihe nk’uko Ikigega mpuzamahanga cy’imari giherutse kubitangaza. Ni cyo gihugu kandi gituwe n’abantu be...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro bwabwiye Taarifa ko mu gihe gito kiri imbere bugiye gusuzuma niba abacuruza inzoga mu tubari batanga inyemezabwishyu y’ikoranabuhanga, EBM. Ni mu rw...
Umuhora wo hagati ni ihuriro ry’ibihugu byo mu Karere k’Afurika yo hagati bigizwe n’u Rwanda, u Burundi, Tanzania, Uganda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Raporo nto y’ubunyamabanga bukuru bwawo,...
Pierre Celestin Rwabukumba utorewe kuyobora Ikigo Nyafurika cy’ibigo by’amasoko y’imigabane kitwa Africa Securities Exchange Association. Rwabukumba asanzwe ikigo nyarwanda cy’amasoko y’imigabane kitw...
Perezida Paul Kagame yasabye bagenzi be bafatanyije kuyobora ibihugu by’Afurika ko muri Politiki zabo n’ingengo y’imari bagenera za Minisiteri, bagombye kongera n’imikoranire yazo na Kaminuza. Avuga k...
Inama y’ubukungu y’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, East African Business Council, itangaza ko kuva u Rwanda na Uganda byongera gufungura imipaka, ubucuruzi hagati ya Kigali na Kam...
Iyi ni imwe mu ngingo nyinshi Perezida Kagame ne Minisitiri w’Intebe wa Barbados Madamy Mia Amor Mottley bagarutseho mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru nyuma y’ibiganiro bagiriye mu mwiherero. Mbere...









