Gahunda ya Ejo Heza yashyizweho n’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, na Minisiteri y’imari n’igenamigambi hagamijwe ko Abanyarwanda basaza bariteganyirije. Abafite ibirombe rero bibukijw...
Ubuyobozi bukuru bwa Banki Nkuru y’u Rwanda bwatangaje ko gukoresha amadovize mu buryo bwo kwishyurana mu batabyemerewe bizacika burundu mu gihe cy’amezi atandatu. Hari abantu benshi bavugwaho kwishyu...
Mu Kagari ka Rutabo, Umurenge wa Kinazi muri Ruhango hafatiwe abaturage batandatu Polisi ivuga ko bategaga abantu bakabambura. Ni ubujura Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Po...
Abatuye Imirenge ya Cyinzuzi na Masoro muri Rulindo babwiye abakozi ba RIB nabo mu kigo cy’igihugu gishinzwe Mini, Petelori na gazi ko bacengewe n’ubukangurambaga bahawe mu kurinda ibidukikije. Baseze...
Kare kare mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, abantu batandatu bo mu Murenge wa Miyove muri Gicumbi bafashwe na Polisi ibasanze bacukura zahabu mu buryo ivuga ko budakurikije amategeko. Abo bantu bafatan...
Umwe mu bantu batanu bari bagiye gucukura amabuye y’agaciro mu kirombe kiri Mudugudu wa Muheta, Akagari ka Kanyana, Umurenge wa Rugengabari muri Muhanga bakagwirwa nacyo, yapfuye. Amakuru avuga ko bam...
Abashinwa bakora mu Kigo GLC gikorera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Kalemie barataka ko hari abasirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo babahotera bo ubwabo cyangwa bagahohotera bagenzi ba...
Abaturage ba Canada bageze mu zabukuru bishimira ko Leta yabo ibitaho, ikabaha ibyo bakeneye byose ndetse ku buryo hari n’abatirirwa bibaza aho amafaranga akora ibyo aturuka. Benshi muri bo, niba atar...
Ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwanzuye ko Abashinwa 17 bafite aho bahuriye n’ubucukuzi bwa zahabu budakurikije amategeko buherutse gutahurwa, bataha iwabo. Mu minsi ishize, Abashinwa...
Mu Mudugudu wa Kamatongo, Akagari ka Budakiranya mu Murenge wa Cyinzuzi mu Karere ka Rulindo haraye inkuru mbi y’abantu umunani bagwiriwe n’ikirombe batatu bavanwamo bapfuye, abandi barabura. Amakuru ...









