Protais Mitali wigeze kuba Minisitiri wa Siporo, agahagararira n’u Rwanda muri Ethiopiya yapfuye. Yaguye mu Bubiligi azize uburwayi. Yabaye umunyapolitiki mu nshingano zitandukanye mu Rwanda kug...
Abagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda batoye itegeko ryemeza burundu amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono hagati ya DRC n’u Rwanda. Ni amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washingt...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Ibiro bya Ambasade yayo i Brussels mu Bubiligi byafunzwe bityo abashaka serivisi zayo bazazisanga mu Buholandi ahitwa La Haye. Hatangajwe kandi...
Mugisha Benjamin wamamaye ku izina ry’ubuhanzi nka The Ben we n’umugore we babyaye imfura bayita Mugisha Paris. Umugore we witwa Pamela Uwicyeza yabyariye mu Bubiligi nyuma y’igihe gito yari amaze mu...
Nyuma y’igihe gito u Rwanda ruhaye abadipolomate b’Ububiligi amasaha 48 ngo babe baruviriye ku butaka, nabwo bwavuze ko bugiye kwirukana abadipolomate barwo. Maxime Prévot ushinzwe ububanyi n’amahanga...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga yahagaritse imikoranire n’iy’Ububiligi bitewe n’imyitwarire yabwo irimo agasuzuguro no kurusibira amayira. Ni icyemezo kizamara imyaka itanu ni ukuvuga hagati ya 2024 na 20...
The Ben yatangaje imijyi itandukanye ateganya gutaramiramo irimo iyo muri Canada, mu Burayi no muri Uganda, ibitaramo bye bikazaba mu matariki atandukanye mu mezi ari imbere. Azabanza muri Canada, ate...
Ku wa Mbere taliki 18, Ugushyingo, 2024 mu Murwa mukuru w’Ububiligi, Brussels, ahari icyicaro cy’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi hazabera inama yo kwemerera u Rwanda guhabwa Miliyoni € 20 yo gukoresha m...
Imiryango y’Abarundikazi babaga mu Murwa mukuru w’Ububiligi, Brussels, yatangaje ko ibabajwe n’urupfu rwabo rwatewe n’inkongi. Imyirondoro yabo yerekana abo Barundikazi ari Masika Sandra w’imyaka 20 n...
Abantu bataramenyekana bigabije urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri i Charleroi mu Bubiligi bararwangiza. Bafashe irangi ry’icyatsi kibisi barisiga ku magambo yo kwibuka ari ku kirahure kiri...









