Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 5.8% muri Gashyantare 2022, mu gihe muri Mutarama izamuka ryari 4.3%. Ibiciro byo mu...
Guverinoma ya Ukraine yafashe icyemezo cyo gucyura abasirikare bayo bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO), kugira ngo bajye gut...
Ibiciro ku isoko mu Rwanda bikomeje gutumbagira, ndetse byitezwe ko bizakomeza bitewe n’ingaruka intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine ishobora kugira ku bucuruzi mpuzamahanga. Minisitiri w’Ubucu...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko Abanyarwanda 71 muri 85 babaga muri Ukraine bamaze guhungishwa, mu gihe 14 batarashobora gusohoka muri icyo gihugu. Ni igikorwa kirimo kuba mu gihe u Burusiya buk...
Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye yatoye umwanzuro usaba u Burusiya guhagarika intambara kuri Ukraine no kuvanayo ingabo, utorwa n’ibihugu 141 mu banyamuryango 193. Mu itora ryabaye kuri uy...
Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yemeje ko abasirikare 498 bamaze kwicirwa mu ntambara muri Ukraine, bitandukanye n’abagera ku 6000 batangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine kuri uyu wa Gat...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko mu banyarwanda 86 babaga muri Ukraine, 51 bamaze guhungishwa ariko hari abandi 15 bari mu duce turimo kuberamo imirwano, badafite uko bahava. Ni igikorwa kirimo kuba mu...
Ingabo z’u Burusiya zinjiye mu mujyi wa Kharkiv, uvuze ikintu gikomeye mu ntambara bwatangije kuri Ukraine kubera ko ari wo wa kabiri munini mu gihugu. Umuyobozi w’uwo mujyi, Oleg Sinegubov, yemeje ko...
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 5% mu ijoro ryakeye, nyuma gato y’uko byari bimaze kwemezwa ko u Burusiya bwatangije intambara yeruye kuri Ukraine. Ni intambara ishobora kugira ingaruk...
Umwuka w’intambara umaze iminsi hagati y’u Burusiya na Ukraine usa n’uwatangiye gucogora. Nyuma yo gutangaza ko bwatangiye kugabanya abasirikare mu bice byegereye umupaka wa Ukraine, u Burusiya bwemej...









