Elon Musk yaraye atangaje ku mugaragaro ko inyoni yarangaga urubuga nkoranyambaga rwe, Twitter, yahindutse ubu yagizwe inyuguti ya X. Ubutumwa umuntu azajya yandika abucishije kuri uru rubuga bugombwa...
Nyuma yo gutangiza ku mugaragaro urubuga nkoranyambaga bamwe bise Twitter Killer( Ikizahitana Twitter) umuyobozi w’ikigo Meta witwa Mark Zuckerberg yakoze Tweet ya mbere mu myaka 10 ishize. Bamwe bavu...
Mark Zuckerberg kuri uyu wa Kabiri yatangaje ku mugaragaro ko ku wa Kane taliki 06, Nyakanga, 2023 azatangiza ku mugaragaro urubuga nkoranyambaga rukora nk’uko Twitter yari isanzwe ikora ariko rukagir...
Elon Musk yatangaje ko Linda Yaccarino ari we wamusimbuye ku buyobozi bwa Twitter ku rwego rw’isi. Yaccarino ni umugore wavutse mu mwaka wa 1963 akaba asanzwe ari inzobere mu by’itumanaho. Afite inkom...
Akoresheje uru rubuga asanzwe abereye boss, Elon Musk yatangaje ko bidatinze hari umugore ugiye kuzamusimbura ku buyobozi bwa Twitter. Iyi mvugo ye yatumwe abashoramari bari bamaze iminsi barahagaze g...
Kuva Elon Musk afata Twitter ngo ayiyobore, imaze guhomba miliyari £20 ku yo yari yiteze kuzunguka. Ubwe aherutse kubwira abakozi be ko mu kigega cya Twitter hasigayemo miliyari £16 gusa. Uyu mugabo ...
Umuhungu wa Perezida Museveni witwa Gen. Muhoozi Kainerugaba yaraye atangarije kuri Twitter ko mu mwaka wa 2026 aziyamamariza kuyobora igihugu gisanzwe gitegekwa na Se guhera mu mwaka wa 1986. Ku ruku...
Ubuyobozi bwa Twitter bwafunze imbuga bamwe mu banyamakuru bakomeye ba The New York Times, na CNN na The Washington Post bakoreshaga. Twitter ivuga ko yahagaritse imbuga za bariya banyamakuru kubera k...
Umufaransa witwa Bernard Jean Étienne Arnault niwe wasimbuye Umunyamerika Elon Musk ku mwanya w’umuntu ukize kurusha abandi batuye isi. Arnault asanganywe ibigo 70 bikora imyenda n’imibavu, birimo ik...
Abibwira ko amafaranga Elon Musk acuruza yose ari aye ku giti cye nk’uko ingingo z’umubiri we ari ize ku giti cye, baribeshya! Afite abandi banyamigabane bashoye mu bigo bitatu ayobora harimo n’ikitwa...









