Ubuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko hari umusore warashwe arapfa ubwo we na bagenzi be barwanyaga abashinzwe umutekano. Abavugwaho ubwo bujura ngo bari bitwaje ibyuma bya f...
Mu mukwabu uherutse kubera mu Mudugudu wa Bisambu, Akagari ka Nyarurama mu Murenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro hafatiwe abagore babiri bari bafite mazutu ingana na litiro 1000 bivugwa ko bacuruza...
Amakuru Taarifa igikusanya avuga ko ahagana saa munani z’ijoro ryakeye agakinjiro kari hirya gato yo kwa Mushimire mu Murenge wa Ndera aho ugabanira n’uwa Kimironko mu Karere ka Gasabo hahiye. U...
Mu Kagari ka Kiyovu, Umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge haherutse gufatirwa abantu babiri bakekwaho kwiba televizeri ebyiri. Bafashwe bikirangiza kuziba bari kuzishakira umukiliya. Umuvugi...
Mu bihe bitandukanye, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abandi bafatanyabikowa bayo yataye muri yombi bamwe mu bantu bakoraga ubujura bumaze iminsi buvugwa mu Mujyi wa Kigali n’ahandi. Amakuru yavugaga ...
Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko yafatanywe ibilo 60 by’urumogi. Byafatiwe mu mifuka itatu n’igice, bifatirwa mu Murenge Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyob...
Ubufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego bwatumye umusore wari wibiye muri Nyarugenge ahitwa Quartier Commercial miliyoni Frw 2 afatirwa mu Murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza mu Ntara y...
Mu rwego rwo koroshya akazi ko gushakisha no kubona vuba moto zibwe, Umuvuguzi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police( CIP) Sylvestre Twajamahoro asaba ba nyiri moto kuzish...
Ku wa Gatanu taliki 17 Gashyantare, 2023, Polisi yafashe abantu batatu batetse anyanga. Yabafatiwe mu Mudugudu wa Jurwe, Akagari ka Mukuyu mu Murenge wa Ndera. K’ubufatanye n’izindi nzego, Polisi ya...
Umugabo witwa Jean Claude Twagirimana yaguwe gitumo iwe ari gukora kanyanga. Yafashwe kuri iki Cyumweru taliki 29, Mutarama, 2023 ubwo Polisi yamusanga iwe mu Mu Mudugudu wa Ruyaga, Akagari ka Gako Mu...









