Nyuma y’igihe kirekire urubanza rw’abagabo babiri bakurikiranyweho Jenoside yakorewe Abatutsi rubera mu Bubiligi, rwaraye rukaswe. Urukiko rwa rubanda rw’Ububiligi rwategetse ko Twahirwa Séraphin wi...
Inzu y’imideli yitwa Moshions yatangaje ko umuntu wese ufite umwambaro wayo amaranye imyaka itatu kuzamura yawugarura ikawumugurira ubundi ukavugururwa. Abafite iyi myenda bashaka kuyigarura bagomba k...
Amakuru twahawe n’umwe mu bazi ifungwa rya Théophile Mukundwa avuga ko uriya mugabo afungiwe kuri station ya RIB iri ku Murenge wa Kicukiro. Ifatwa rye ryaje rikurikira inkuru Taarifa yanditse yavugag...
Turahirwa Moses umaze kubaka izina mu bikorwa by’imideli kubera kwambika abantu bakomeye barimo ibyamamare n’abanyapolitiki ntari mu Rwanda. Ari mu Butaliyai gukomeza amasomo y’ibijyanye no guhanga im...
Nyuma y’uko Théophile Mukundwa yemereye Taarifa ko yataburuje umubiri wari wabonetse aho umuturage yari agiye kubaka uruzitiro, bakamuha 110 000 Frw akayikenuza, umubiri akawujyana ku murenge, byamen...




