Guverinoma y’u Rwanda iteganya ko, mu rwego rwo kwihutisha iterambere, muri buri Karere hazubakwa ikigo cya TVET cy’ikitegererezo. Bizakorwa mu myaka itanu ni ukuvuga hagati ya 2024 na 2029, igihe cy...
Muri imwe muri Hotel zo mu Mujyi wa Kigali, haraye habereye inama yatangirijwemo gahunda yo gukomeza gutyaza ubumenyi bw’abize amahoteli n’ubukerarugendo kugira ngo bazihangire imirimo cyangwa babe ab...

