Mu gitabo cy’abashyitsi basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, Mevlüt Çavuşoğlu ushinzwe ububanyi n’amahanga wa Turikiya yanditse ko igihugu cye kifatanyije n’u Rwanda mu bihe rwanyuzemo. Av...
Ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda Dr Vincent Biruta na Turikiya Mevlüt Çavuşoğlu bashyize umukono ku masezerano yo kongera imbaraga mu butwererane mu nzego zitandukanye. Ni amasezerano y’...
Kuri uyu wa Kane Taliki 12, Mutarama, 2023 nibwo Minisitiri Mevlüt Çavuşoğlu ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Turikiya yageze mu Rwanda yakirwa na mugenzi we Dr. Vincent Biruta. Nta makuru arambuye ku...
Hafi y’u Rwanda intambara iraca ibintu mu Burasirazuba bwa DRC, muri Mozambique irakomeje hagati y’abarwanyi bavugwaho iterabwoba n’ingabo za Leta zifatanyije n’iz’ibihugu by’inshuti, u Burusiya na U...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente avuga ko imibare yerekana ko mbere y’uko COVID-19 yaduka mu Rwanda abanyemari bo mu Birwa bya Maurices bahashoye 25% by’imari yose yahashowe iturutse...
Guverinoma y’u Rwanda iri gusana Stade Amahoro kugira ngo izakire abantu benshi kandi yubatswe mu buryo bujyanye n’igihe. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire Rwanda Housing Authority (RHA) gitangaza...
Mu gihe ku isi intambara ivugwa cyane ari iri hagati y’u Burusiya na Ukraine, hari indi ntambara ikomeye iri gutegurwa na Turikiya kuri Syria. Perezida wa Turikiya avuga ko iriya ntambara izatangira n...
Mu ngoro ya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hasinyiwe amasezerano y’ubufatanye burambye hagati ya Turikiya n’iki gihugu kiri mu bikungahaye ku mutungo kamere kurusha ibindi ku isi. Mu ma...
Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire mu mwaka wa 2018. Hari amakuru avuga ko hagati ya Werurwe na Mata...
Umusore ukomoka i Karongi aherutse gufatanwa na bagenzi be babiri bakurikiranyweho kwiba Umunya Turikiya witwa Ismail wacuruzaga intebe n’ibindi bikoresho bya mu rugo. Yabwiye itangazamakuru ko yabiko...









