Mu rukiko rwa gisirikare ruri ahitwa Ndolo mu Murwa mukuru Kinshasa kuri uyu wa Gatanu taliki 07, Kamena, 2024 harabera urubanza ry’abantu baherutse gushaka guhirika ubutegetsi bikaburizwamo. Radio Ok...
Umuvugizi w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa le général de brigade Sylvain Ekenge yatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu cyaburijemo ihirika ry’ubutegetsi kandi ko ababigerageje bose...
Taarifa ifite amakuru ko hari abantu bitwaje intwaro bagaragaye muri Perezidansi ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo bafiten’ibendera ry’iki gihugu. Bikekwa ko bashakaga guhirika ubutegetsi n’u...
Mu biganiro Perezida Félix Tshisekedi aherutse kugirana na mugenzi we uyobora Ubufarasansa mu ruzinduko aherutsemo, bemeranyije ko Ubufaransa bugiye gutoza ingabo za DRC. Si ubukungu gusa basezeranye ...
Kuri uyu wa Mbere taliki 29 no kuri uyu wa Kabiri Felix Tshisekedi araba ari i Paris mu Bufaransa aho ajyanywe no gusaba Emmanuel Macron gufatira u Rwanda ibihano ngo kuko rukomeje gufasha M23. Indi n...
Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr yageze i Kinshasa kuganira na mugenzi we uyobora DRC Felix Tshisekedi. Kirr muri iki gihe niwe uyobora Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, EAC. Asuye Repubulika y...
Mu kiganiro yahaye Jeune Afrique, Perezida Kagame yavuze ko ubwo yahamagaraga Perezida w’Uburundi amubaza iby’amakuru y’uko hari ingabo z’Uburundi zarimo zitegurwa kujya muri DRC gufasha FARDC na FDLR...
Mu kiganiro aherutse guha NTV Kenya Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yongeye kubwira amahanga ko igihe cyose u Rwanda ruzaba ruri mu kaga ntawe azasaba uruhushya ngo arutabare. Umukuru w’u Rwanda yakun...
Nyuma y’uko Perezida wa Angola ahuye na Tshisekedi ndetse na Kagame mu bihe bitandukanye, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Angola yatangaje ko mu gihe kiri imbere Perezida Paul Kagame w’u Rwanda az...
Ababisaba ni abo mu muryango mpuzamahanga wita ku burenganzira bwa muntu Amnesty International. Baraye batanze itangazo bageneye Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo basaba ko Stanis Bujake...









