Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama idasanzwe yahuje Abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), yabereye Dar es Salaam usaba ubutegets...
Kuri X ya Perezidansi ya DRC handitse ko Perezida Tshisekedi yifuza ko bagenzi be ba EAC na SADC bitabiriye Inama yabahurije muri Tanzania bategeka abarwanyi ba M23 kuva mu Mujyi wa Goma. Ni kimwe mu ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wo mu Burusiya witwa Bogdanov Mikhail Leonidovich ku ngingo y’imikoranire mu gushakira igisubizo umuteka...
Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 31, Mutarama, 2025 inzego za Leta ya Congo zatangaje ko umutungo bwite wose wa Corneille Nangaa washyizwe mu mutungo w’igihugu aho waba uri hose. Uyu mugabo asanzwe ar...
Perezida Paul Kagame yaraye aganiriye na João Lourenço uyobora Angola akaba asanzwe ari umuhuza mu kibazo u Rwanda rufitanye na DRC. No mu biganiro baraye bagiranye bagarutse k’ugushakira igisubizo ki...
Perezida Félix Tshisekedi yabwiye abaturage be ko mu gihe kitarambiranye azisubiza buri gace kose, buri sentimetero, yigaruriwe na M23. Yasabye abaturage bose b’iki gihugu guhaguruka bagafasha ingabo ...
Perezida Kagame yabajije bagenzi be bagize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba niba aho ibintu bigeze mu Burasirazuba bwa Repubulika bitaratangiye buri wese abireba. Mu ijambo yabagejejeho mu buryo b...
Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron byatangaje ko yaraye aganiriye na bagenzi be bayobora u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, batinda ku ntambara ikomeje guca ibintu hafi ya Goma. Yasabye ko...
Mu buryo budasubirwaho, ubuyobozi bukuru bw’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwemeje ko uwari Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Kivu ya Ruguru, Général-Major Peter Chirumwami Nkuba yishw...
Perezida Felix Tshisekedi yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu gihugu cye ko ari ngombwa ko u Rwanda rufatitwa ibihano kuko rufasha M23. Yasabye abo badipolonate ko ibihugu byabo bigomba gufatira ib...





