Kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukuboza, 2020 mu Nteko ishinga amategeko ya DRC habereye ubushyamirane hagati y’Abadepite bo ku ruhande rwa Kabila n’abo ku rwa Tshisekedi. Bapfuye umushinga wo kuvana mu...
Umuhanga mu bubanyi n’amahanga akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Perezida Tshisekedi yaraye afashe umwanzuro w’uko ishyaka rye ryitandukanyije n’iry’uwo yasimb...

