Akoresheje Twitter, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta avuga ko ibimaze iminsi bivugwa n’itangazamakuru ryo mu Rwanda ndetse n’itangazamakuru mpuzamahanga ko u Rwanda rwasin...
Hari Taliki 12, Kamena, 2022 ubwo abarwanyi ba M23 bashushubikanyaga ingabo za Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo zimwe zihungira muri Uganda zambukiye ku mupaka wa Bunagana. Mu rwego rwo kwere...
Umukuru w’u Rwanda yageze i Luanda muri Angola mu nama iri bumuhuze na mugenzi we wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi. Ni inama igamije ubuhuza buri bukorwe na Perezida wa Angola Joã...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki 05 n’iya 06, Nyakanga, Perezida Kagame arajya muri Angola guhura na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo baganire uko ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubul...
Ambasaderi uhoraho w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye Amb Claver Gatete yaraye abwiye abagize Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Amahoro ku Isi ko UN yagombye kubwira ingabo yohereje muri DRC k...
Urukiko rw’Ubujurire muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwaraye rugize umwere Vital Kamerhé wigezwe kuba Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Yari amaze igihe gito afun...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko yabwiye kenshi Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ko gukomeza gushinja u Rwanda kuba inyuma y’abamutera ari ukwihunza inshingano ze nk’Umukuru w’igi...
Isesengura rya Christophe Rigaud, umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru Afrikarabia, rivuga ko ibimaze iminsi bibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo byerekana ko ibyo Perezida Tshis...
Kuva Lumumba yicwa azizwa guharanira ko u Bubiligi buva muri Congo igasigara ari igihugu kigenga kugeza n’ubu( mu mwaka wa 2022) ubutegetsi bw’i Kinshasa n’ubw’i Brussels ntibujya bumara kabiri butagi...
Taarifa yamenye ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi Kilombo ari bugere mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu. Ni amakuru yatangajwe n’Ibi...









