Nyuma y’uko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi atangarije ko atitaba ibiganiro byari bumuhurize i Doha muri Qatar na mugenzi we Paul Kagame, Guverinoma y’u Rwanda yatangaj...
Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi rizindutse ryandika ko Perezida Tshisekedi wari utegerejwe i Doha muri Qatar ngo ahahurire na mugenzi we Paul Kagame baganire uko amahoro yataha muri D...
Amakuru aturuka mu Biro by’Umukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri ahitwa Gombe avuga ko umwe mu bajyanama bakomeye ba Perezida Tshisekedi wari ushinzwe kumuhuza na mugenzi we Paul Kagame uy...
Mu kiganiro kihariye Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yahaye Taarifa kubyo Perezida Tshisekedi aherutse gutangaza by’uko u Rwanda ari rwo ntandaro y’umutekano muke mu Kar...
Umuyobozi w’Ikigo cy’u Rwanda cy’iterambere, RDB, Clare Akamanzi yaraye abajije Tshisekedi ko niba mu by’ukuri abona ko umutekano muke ari ikibazo ku gihugu cye, atagombye gushyira mu bikorwa ibikubiy...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki 13, Mutarama, 2023 nibwo amasanduku ya mbere ya zahabu yavuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ajya muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu. Amakuru avuga ko Guverinoma y’i Ab...
Umugaba mukuru w’ingabo za DRC witwa Général Christian Chiwewe yasabwe n’abagize Sosiyete sivile yo mu bice bya Nyiragongo kwirukana uruhenu abarwanyi ba M23 aho bari hose. Abagize Sosiyete sivile mur...
Abo bagore basanzwe batuye ahitwa Minembwe basabye umugore wa Perezida wa DRC witwa Denise Nyakeru kubakiza intambara ikomeje guhitana ubuzima bw’ababo kandi zikabapfakaza. Taliki 6, Mutarama, 2023, n...
Mu mpera z’Ukuboza, 2022 hari amashusho abantu bazindukiyeho y’imirambo y’abantu bari bambaye imyenda y’impuzankano y’ingabo za DRC. Umwe muri abo bantu yari Umuzungu bivugwa ko ari umucanshuro wo mu...
Tito Rutaremara avuga ko uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo muri iki gihe Bwana Felix Tshisekedi mu buto bwe yakuriye mu bitekerezo by’umugabo witwa Mobutu Sese Seko byavugaga ko buri muntu ago...









