U Burusiya bwatangaje ko bwiteguye gukorana na Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu kurwanya M23. Ni icyemezo cyatangajwe ku mugaragaro nyuma y’ibiganiro byabuhuje na Minisitiri wa DRC ushinz...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yahinduye abayigize. Minisitiri w’Intebe Sama Lukonde ashimirwa ko itsinda yashyizeho yaritoranyije neza kandi ko rizagira uruhare mu gutuma amahoro ag...
U Rwanda rumaze igihe kirekire rubwira amahanga ko ruzi neza ko ubutegetsi bw’i Kinshasa bukorana na FDLR ariko hari bamwe bakeka ko ari ugusebanya cyangwa se imvugo yo guharabika umwanzi. Icyakora si...
Nyuma y’uko ibyo gushyira intwaro hasi bikozwe na M23 byanze, amakuru avugwa muri izi mpera z’iki cyumweru ni uko ingabo za Angola zemerewe kujya mu Burasirazuba bwa DRC kurwanya M23 zifatanyije na iz...
Emmanuel Macron yasezeranyije mugenzi we uyibora DRC ko Paris izaha Kinshasa miliyoni € 34 zo gufasha mu gusubiza mu byabo abaturage bahunze intambara iri kubera mu Burasirazuba bwa DRC. Perezida Mac...
Ikiganiro Perezida w’u Bufaransa yahaye itangazamakuru afatanyije na mugenzi we wa DRC kiri mu biganiro bishyushye byahawe itangazamakuru mu bihe bya vuba aha bitanzwe n’Abakuru b’ibihugu. Emmanuel M...
Umugaba wungirije w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’iperereza Général de Brigade Jérôme Chico Tshitambwe yabwiye itangazamakuru ko intambara igihugu cye ...
N’ubwo itarerura ngo itangaze ko yivanye mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo ikorane na Angola na Afurika y’Epfo. Abasesengura b...
Nyuma y’inama yaraye ihuje abakuru b’ibihugu bya EAC yabereye i Bujumbura, hari amashusho yagaragaye yerekana Perezida Tshisekedi aganira n’Umunyakenya uyoboye Ingabo za EAC Force amusaba kwitwararika...
Perezida w’u Burundi akaba na Perezida w’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, Evariste Ndayishimiye yatumije inama y’Abakuru b’uyu Muryango iri bubere i Bujumbura. Haribazwa niba mugenzi we Tshiseked...









