Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 12, Gashyantare, 2024 hari abaturage bo mu gace ka Sake babwiye abasirikare ba MONUSCO ko badashyigikiye ko bakomeza gukorana n’ingabo za DRC kuko ari umwanzi. ...
Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rivuga ko Amerika binyuze muri Antony Blinken iherutse kubwira Perezida wa Angola Joao Lourenço ngo azagire inama Tshisekedi yo kuganira na M...
Perezida Tshisekedi yatumye Général John Tshibangu ngo amushyirire ubutumwa mugenzi we wa Kenya William Ruto. Ubwo butumwa buvuga ko ‘umutekano n’amahoro mu Karere ari ishingiro ry’i...
Umukuru wa DRC uherutse kurahirira kongera kuyobora iki gihugu Felix Tshisekedi yaraye yakiriye iwe mugenzi we uyobora u Burundi, Evariste Ndayishimiye. Ku rubuga wa X rw’Ibiro by’Umukuru w’Uburundi ...
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yabwiye abanyeshuri ba Kaminuza zo muri DRC ko azafatanya na Felix Tshisekedi mu guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda mu cyo yise ‘kubohora urubyiruko rwagizwe i...
Byose byatangiye mu mwaka wa 2018 ubwo Manda ya Uhuru Kenyatta (yari iya nyuma kuko zose zarangiye mu mwaka wa 2022) yatangiraga. Icyo gihe uyu mugabo yari afite umugambi wo gushakira Kenya isoko rini...
Ishyaka L’Union pour la Démocratie et le Progrès Social (UDPS) riri ku butegetsi kandi rikaba ari naryo Felix Tshisekedi abarizwamo ryatangaje ko ryitandukanyije n’abari bararyiyunzeho mu matora y’Aba...
Umuvugizi wungirije wa M23 witwa Canisius Munyarugero yaraye yeruye ko abarwanyi b’uyu mutwe biyemeje kurasana n’ingabo za DRC kugeza ubwo Felix Tshisekedi uherutse kongera gutorerwa kuyobora iki gihu...
Ambasade y’Amerika muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko izi neza ko hari benshi mu biyamamarije kuyobora DRC batishimiye ibyavuye mu matora, bakavuga ko bibwe amajwi. Amerika isaba abo ...
Hari video iri ku mbuga nkoranyambaga yerekana umupolisi mukuru witwa Magnat ari guha buri mupolisi wa DRC inoti ya $100, uyihawe agahita yurira indege. Amagambo akurikiye iyo video avuga ko ari amafa...









