Perezida w’Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yatangaje ko agiye kurega The New York Times, CBS, The Washington Post n’ibindi binyamakuru kuko byamusebeje kuwo bari bahanganye. Arasaba ko nibitsind...
Ubwo yajyaga ku butegetsi bwa mbere hagati y’umwaka wa 2017 n’uwa 2021, Donald Trump yavuze ko igihugu cye kidashobora gukorana n’amasezerano y’i Paris avuga ko ibihugu bikize bigomba kugabanya ibyuka...
Amanota ava mu byamaze kuva mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Amerika, aremeza ko Donald Trump ari we uri imbere. Yamaze no gutangaza ko Amerika yamwizeye ikamuha izindi nshingano zo kuyi...
Mu masaha ya kare kare Abanyamerika baramutse bitabira gutora Umukuru w’igihugu cyabo, akaba agomba gutorwa hagati ya Kamala Harris na Donald Trump. Nubwo abaturage b’iki gihugu bagera kuri miliyoni 2...
Umukinnyi wa Filimi akaba n’umwe mu baraperi bakomeye bo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika 50 Cent yanze miliyoni $3 yari yemerewe na Donald Trump ngo azaririmbe aho uyu munyapolitiki yiyam...
Donald Trump uri mu bashaka kuyobora Amerika mu ishyaka ry’Aba Republicans yavuze ko Netanyahu akwiye kurasa inganda za Iran zikora ibisasu bya kirimbuzi, ibindi bikazaza nyuma. Abivuze nyuma y’igihe...
Ubwo yatangazwaga ko ari we uzahagararira Abademukarate mu matora y’Umukuru w’igihugu benshi bamukomeye amashyi, gusa we azi neza ko muri bo harimo abahoze batamuha ayo mahirwe ndetse hakirimo n’abagi...
Joe Biden wari warahakanye agatsemba ko atazareke kwiyamamariza kongera kuyobora Amerika, yavuye ku izima aharira Visi Perezida we Harris Kamala. Kamala Harris wari Visi-Perezida niwe uzahagararire is...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira kuri uyu wa Mbere Joe Biden azatangaza ko yakuyemo kandidatire ye nk’Umudemukarate uziyamamariza kuyobora Amerika. Biden avuga ko...
Abashinzwe kurinda abanyacyubahiro bihutiye kuzenguruka Donald Trump no kumuvana aho yari amaze kurokokera amasasu ariko batungurwa no kumva ababaza aho inkweto ze ziri! Ubwo bamuzengurukaga bamutwiki...









