Donald Trump yanditse kuri Truth Social( ni urubuga nkoranyambaga rwe ku giti cye) ko igihe kigeze ngo Iran ikamanike amaboko imbere ya Israel kandi ko ikwiye kubikora nta yandi mananiza. Ibi abitanga...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social ko na mbere y’uko Israel yivugana abayobozi ba Iran igasenya n’uruganda rukora ibisasu bya kirimbuzi, yari yarabinginze ngo bemere gusinya ibikubiye mu...
Bavuga ko uguhiga ubutwari mutabarana. Ukuri k’uyu mugani kuri kugaragara muri iki gihe hagati y’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk(afite Miliyari $401) na Perezida Donald Trump uyobora Amerika, igiha...
Abaturage ba Leta ya California bamaze iminsi mu myigaragambyo ikomeye bashishikarijwe na Guverineri wabo witwa Gavin Newsom. Igamije kwamagana Politiki ya Washington yerekeye abimukira. Igitangira, a...
Donald Trump yasinye inyandiko yemeza ko nta ndege zo mu bihugu 12 zemerewe kuza muri Amerika. Ibyo bihugu birimo Afghanistan, Haiti na Iran , Trump akemeza ko Amerika idakenye abo bantu. Ari: ”...
Umuherwe wa mbere ku isi Elon Musk yatangaje ko yamaze gusezera mu nshingano za Politiki yari yarahawe zo gushyira ku murongo imikorere myiza ya Guverinoma. Inshingano ze zari izo kureba niba nta bako...
Abanyamahanga biga muri Kaminuza ya mbere muri Amerika yitwa Harvard University bagejeje ikirego mu nkiko barega ubutegetsi bwa Donald Trump kubera icyemezo bwafashe cy’uko iyo Kaminuza ikwiye g...
Ni ikibazo benshi mu bantu bakomeye b’i Washington bibaza. Mu mezi menshi yakurikiye irahira rya Donald Trump, nta mbwirwaruhame yavugaga atamukomojeho cyangwa ngo abe ari mu biganiro yagiranaga n’ita...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida wa Amerika Donald Trump yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwa mbere akoreye mu Burasirazuba bwo Hagati. Intego ni ukwagura ubucuruzi. Ataragera no ku ...
Ku batari bumva Rubio uwo ari we, twabamenyesha ko yitwa Marco Rubio akaba yari amaze igihe gito ari Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga naho uwo yasimbuye yitwa Mike Waltz y...









