Perezida Donald Trump n’abo bakorana barateganya gusohora amabwiriza abuza ibigo by’ubucuruzi n’inganda kwita ku masezerano mpuzamahanga abuza ibihugu kohereza mu kirere ibyuka bituma gishyuha. Bitega...
Hari umukozi mu Biro bya Perezida Donald Trump wabwiye ikinyamakuru Axios ko ibyemezo bya Minisitiri w’Intebe wa Israel biba bihubukiwe, akavuga ko Amerika ihangayikishijwe ni uko bizakoma mu nkokora ...
Donald Trump avuga ko yayobewe uko Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yabaye! Ngo bemeranya ibintu undi akaba afite ukundi ari bubigenze. Mu kiganiro yahaye BBC binyuze kuri telefoni, Trump yabajijwe ...
Bisa nk’aho Donald Trump aha abanyamafaranga agaciro kanini ku buryo abiyegereza muri Politiki akora. Ubu yatangiye gukorana na Larry Ellison umukire wa kabiri ku isi ufite Miliyari $ 233. Ni um...
Perezida Paul Kagame avuga ko ubuhuza buherutse gukorwa na Leta zunze ubumwe z’Amerika mu kibazo u Rwanda rumaranye igihe na DRC buzatanga umusaruro abandi bananiwe kugeraho. Mu kiganiro yahaye abanya...
Perezida Donald Trump yaraye atsinze ikindi gitego ubwo Inteko ishinga amategeko y’igihugu cye yatoraga umushinga w’itegeko rigena uko ubukungu buzaba bumeze. Uwo mushinga yawise Big Beautiful Bill uk...
*Kabila avuga ko ibya Kigali na Kinshasa bitareba AFC *Muyaya we yemeza ko ibya M23 bizarangira nabi Mu kiganiro n’abanyamakuru, Umuvugizi wa Guverinoma ya Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo Pa...
Nyuma yo gushyira umukono ku nyandiko ikubiyemo amasezerano y’amahoro hagati ya Kigali na Kinshasa, Minisitiri Olivier Nduhungirehe yabwiye Perezida wa Amerika ko u Rwanda rwishimiye ubuhuza iki gihug...
Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuri uyu wa Kane hari indege 14 zageze yo zizanye intwaro zoherejwe na Amerika n’Ubudage. Kuva intambara iki gihugu kigiri kurwana na Hamas muri Gaza yatangir...
Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ingabo Pete Hegseth atangaza ko idosiye ya Iran iri mu biganza bya Lt Gen Erik Kurilla, uyu akaba umusirikare mukuru uyobora Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa...









