Transparency International Rwanda yahishuriye abaje kumva ubushakashatsi iherutse gukora ko Urwego rw’abikorera mu Rwanda ruza ku isonga mu barya ‘ruswa nto’. Uyu muryango wamuritse ubush...
Umuryango mpuzamahanga uharanira kuwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda, washimye ko u Rwanda rutegura rugashyira mu bikorwa rukanagenzura ingengo y’imari yarwo. Mu mwaka wa 201...
Abakora mu burenganzira bwa muntu, abanyamategeko, abashinzwe umutekano, sosiyete sivile n’itangazamakuru kuri iyi taliki 30, Mutarama, 2024 beretswe ibyavuye mu bushakashatsi ku miterere ya ruswa hab...
Nyuma yo kumva ibyo Transparency International yabonye mu isesengura yakoze kuri raporo y’Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta, Umunyamabanga mukuru wungirije wa RIB witwa Consolée Kamarampaka yasabye ko...
Ubushakashatsi bwa Transparency International Rwanda bwatangajwe kuri uyu wa Gatatu taliki 07, Ukuboza, 2022 bwasanze urwego rw’abikorera ku giti cyabo ndetse n’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe...
Mu gihe cy’ibiganiro birambuye hagati y’abitabiriye Inama ya Transparency International Rwanda n’abandi bafatanyabikorwa, uwari uhagarariye Urwego rw’Umuvunyi yabajije impamvu Umuryango Transparency I...
Nyuma y’uko itangazamakuru na sosiyete sivile bazamuye ikibazo cy’ubucucike mu magereza, Inama y’Abaminisitiri iherutse guterana yanzuye ko imfungwa 1803 zarekurwa. Taarifa yari iherutse kwandika ko u...
Abashinzwe uburenganzira bwa muntu bavuga ko bibabaje kuba umubare w’abagororerwa mu magereza y’u Rwanda uri hejuru cyane. Si bo gusa babivuga kuko n’abandi bakurikirana uko ubutabera mu Rwanda butang...
Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe kurwanya ruswa n’akarengane, Madamu Ingabire Immaculée, yahaye abakobwa bari mu mwiherero ubanziriza itorwa rya Miss Rwanda( 2022) ko bagomba kurya bari menge kuko ngo niba...
Ubwo hatangazwaga imibare yerekana uko ibihugu 180 byakoreweho ubushakashatsi ku byerekeye uko ruswa ihagaze, abakozi bo muri Transparency Rwanda bavuze ko u Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa gatanu kand...








