Guverinoma ya Ethiopia yasabye Umuryango Muzamahanga wita ku Buzima (WHO) gukora iperereza ku muyobozi mukuru wawo Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, imushinja gushyigikira ingabo za Tigray People’...
Amakuru y’intambara ishyamiranyije Ingabo za Ethiopia (ENDF) n’inyeshyamba za Tigray People’s Liberation Front (TPLF) akomeje guteza urujijo ku cyerekezo urugamba ruganamo. Nyuma y’igihe Ingabo ...
Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed yasabye abaturage ba Ethiopia ko bagomba kwitangira igihugu, muri iki gihe gisumbirijwe n’inyeshyamba za Tigray People’s Liberation Front (TPLF). Ni ibihe bikomeye...
Hari abantu muri Ethiopia bavuga ko hari ubwoba mu baturage ko abarwanyi ba TPLF batatsinzwe burundu ahubwo bari gutegura ibitero shuma byo gutesha umutwe ingabo za Leta. Abenshi mu bafite impungenge ...


