Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwemeje ko Umufaransa wari ufite umwenda w’umuhondo witwa Fabien Doubey ari we watwaye Tour du Rwanda,. Hari nyuma yo gutangaza ko agace ka karindwi kabaye impfabusa kuko ...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame niwe watangije isiganwa mpuzamahanga Tour du Rwanda rizazenguruka u Rwanda mu gihe cy’Icyumweru. Umunyarwanda witwa Jean-Claude Nzafashwanayo ukinir...
Mu minsi mike iri imbere Abanyarwanda barongera bishimire kureba isiganwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda rizaba ku nshuro ya 17. Rizangira ku Cyumweru tariki 23, Gashyantare, rigatangirire mu mujyi ...
Hagati ya 23, Gashyantare n’itariki 02, Werurwe, 2025 nibwo isiganwa mpuzamahanga ribera mu Rwanda ryitwa Tour du Rwanda rizaba. Ni isiganwa rizagira ibyiciro umunani bita stages. Iriheruka ryabaye ha...
Umwongereza Joseph Blackmore niwe wegukanye Tour du Rwanda ya 16 nyuma yo gusiga abantu mu gace ka Munani k’iri siganwa ryareshyaga na kilometero 718.9. Uyu mugabo asanzwe akirinira ikipe yo muri Isra...
Kuri Kigali Convention Center niho agace ka nyuma ka Tour du Rwanda kari butangirire kakanarangirira. Ku muzo(circuit) wa mbere, abasiganwa barahagaruka KCC – Gishushu – Nyarutarama –...
Abasiganwa ku magare 74 nibo bahagurutse mu Rukomo mu Karere ka Gicumbi bagana mu Karere ka Kayonza, aho bari burangirize agace ka karindwi. Ni intera ndende mu zasiganwe zose muri iyi Tour du Rwanda ...
Uwo ni Joseph Blackmore ukinira ikipe yo muri Israel yitwa Israel Prem Tech watwaye agace ko kuva i Musanze ukagera i Kigali kuri Mont Kigali. Intsinzi ye ihuriranye n’uko uyu munsi ari umunsi we w’am...
Uwo ni Ngendahayo Jérémie usanzwe ukinira May Stars.Yakuwe muri iri siganwa mu gace ka Kane ka Karongi-Rubavu nyuma yo gufata ku modoka. Hejuru y’ibi kandi yaciwe amande ya Frw 290,000 anakurwaho aman...
Agace ka Karongi-Rubavu katwawe n’Umubiligi witwa William Junior Lecerf. Asanzwe akinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo. Abaye Umubiligi wa kabiri utwaye etape muri Tour du Rwanda ya 2024 ibaye ku n...








