Iki ni icyemezo cyafatiwe mu nama y’Abakuru b’Ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga bigari iherutse kubera i Luanda muri Angola, u Rwanda rukaba rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vin...
Mu rwego rwo kumenya aho abarwanyi bageze kugira ngo bakumirwe hagamijwe kurinda abasivili, ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa bya MINUSCA byo kurinda abaturage zirakoresha drones kugira ngo zimenye ah...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yasohoye itangazo ivuga ko n’ubwo yatakaje umusirikare mu bayo bari kugarura amahoro muri Centrafrique, ko abasirikare bayo bataciwe intege nabyo ahubwo ko bakomeza akaz...
Bwana Faustin-Archange Touadéra yongeye gutorerwa kuyobora Centrafrique ku majwi 54%. Atsinze amatora mu gihe igihugu cye kimaze iminsi mu bibazo bya Politiki, aho hari abarwanyi bifuzaga ko amatora ...
Radio yitwa Ndeke Luka yo muri Centrafique yatangaje ko ingabo z’u Rwanda ziri muri kiriya gihugu zishe inyeshyamba za CPC 8 zifata mpiri babiri. Byabereye mu mirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatand...
Iyo urebye Akarere Centrafrique iherereyemo usanga iramutse igize ibyago byo kutagira amahoro arambye, yaba intandaro y’imidugararo yagera mu karere kose iherereyemo ndetse bikajegeza n’Afurika yose. ...
Umuyobozi w’Umujyi wa Bambara witwa Abel Matchipata avuga ko hari abarwanyi bigaruriye umujyi asanzwe ayobora. Umujyi wa Bambari uri mu bilometero 380 uvuye mu Murwa mukuru Bangui. Ibitero bya bariya ...





