Mu kuririmbira abitabiriye iserukiramuco The Giants of Africa bari baje kureba uko rirangizwa, The Ben yacuranze indirimbo Habibi ivuguruye. Yacuranze kandi izindi ndirimbo akoresheje gitari, piyano a...
Haribazwa ingano y’abazaza mu gitaramo cy’Umunyarwanda Mugisha Benjamin, The Ben, giteganyijwe kuzabera muri Kampala Serena Hotel cyane ko kizagongana n’icy’umwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda witwa...
Urubuga YouTube rwerekanye ko mu mezi atatu ashize( Mutarama-Werurwe) umuhanzi Yampano ari we warebwe cyane n’abarukoresheje, akurikirwa na Bruce Melodie. Indirimbo ze zarebwe n’inshuro Miliyoni 6.92 ...
Mugisha Benjamin wamamaye ku izina ry’ubuhanzi nka The Ben we n’umugore we babyaye imfura bayita Mugisha Paris. Umugore we witwa Pamela Uwicyeza yabyariye mu Bubiligi nyuma y’igihe gito yari amaze mu...
Ku kibuga cy’indege cya Kigali, The Ben yavuze ko yarebye asanga imitegurire y’igitaramo cya Trace Awards giherutse kubera muri Tanzania itari inoze nk’uko iyabereye i Kigali mu mwaka wa 2023 yagenze....
The Ben yatangaje imijyi itandukanye ateganya gutaramiramo irimo iyo muri Canada, mu Burayi no muri Uganda, ibitaramo bye bikazaba mu matariki atandukanye mu mezi ari imbere. Azabanza muri Canada, ate...
The Ben-amazina ye ni Mugisha Benjamin- yandikiye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro asabira imbabazi Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta, avuga ko amubabariye. Ibaruwa yageze mu itangazamakuru i...
Umusore bita X-Dealer( amazina nyayo ni Eric Ndagijimana) yakatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge gufungwa iminsi 30 y’agateganyo nyuma y’uko rusanze impamvu zatanzwe n’ubushinjacyaha zo kumufung...
N’ubwo yishimiye ko igitaramo cye cyitabiriwe kandi kigashimisha abantu, ku rundi ruhande The Ben yibwe telefoni ubwo yari yagiye guhura n’abafana be muri ‘Meet and Great’ yabaye ku wa Gat...
Ku mpamvu z’umutekano we n’uw’abazitabira igitaramo cye, ubutegetsi bw’Uburundi bwanzuye ko igitaramo cy’Umunyarwanda The Ben kizabera mu kigo cya gisirikare. Kizaba taliki 01, Ukwakira, 2023. Amakuru...









