Uwayo Divin wari usanzwe ari umunyamakuru kuri RBA yashinzwe kuyobora radio zose za RBA. Bikubiye mu itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa RBA, rikaba rikubiyemo n’uko Ines Ghislaine Nyinawum...
Munyangeyo Dieudonné Kennedy wayoboraga Televiziyo y’u Rwanda yeguye ku buyobozi bwayo nyuma y’uko WASAC itangaje ko yasanze ayiba amazi. Niwe watangaje ko yeguye hanyuma RBA nayo itangaza ko yemeye ...
Saa cyenda z’amanywa nibwo urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ruri butangaze umwanzuro warwo ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Kazungu Denis ukekwaho ibyaha bw’ubwicanyi bugambiriwe. Ubwo yitabaga ...
Televiziyo mpuzamahanga yitwa Bloomberg TV yaraye yemerewe gukorera mu Rwanda, ikazajya itambutsa ibiganiro ku bikungu n’imari mu bihugu by’Afurika yo hagati y’iby’iy’i Burasirazuba. Umuyobozi mukuru ...
Abanyamakuru ba Al Jazeera n’abandi banyamakuru muri rusange bari mu gahinda batewe n’urupfu rw’umunyamakuru witwa Shireen Abu Akleh wiciwe mu mu kazi ari gutara amakuru y’imirwano iri guhuza abanya P...
Ikigo mpuzamahanga gicuruza amashusho n’izindi serivisi kitwa Canal + Ishami ry’u Rwanda cyatangije uburyo bw’ikoranabuhanga(App) bwo kureberaho amashusho hakoreshejwe ibyuma bisanzwe mu ikorabuhanga...
Urwego Rugenzura Itumanaho muri Kenya rwafunze televiziyo yitwa Mt Kenya TV mu gihe cy’ibyumweru bine, izira kwerekana filime irimo imibonano mpuzabitsina n’ubugizi bwa nabi, mu gihe abana bari mu ngo...
Ntabwo bisanzwe ko umuntu amenyekana mu gihe gito bigahuruza itangazamakuru mu rubanza rwe nk’uko biherutse kugenda kuri Idamange Iryamugwiza Yvonne. BBC, VOA, Reuters ni bimwe mu binyamakuru mpuzamah...
Nyuma yo kwereka itangazamakuru abagabo bafashwe mu bihe bitandukanye bakurikiranyweho kwiba Televiziyo za rutura, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yavuze k...








