Abahanga bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu basohoye iPhone 14 ifite igifubiko cy’inyuma kirihi isaha isize zahabu ndetse na diyama. Iyi telefoni ifite agaciro ka $135,000. Mbere y’uko ibi byose byon...
Bamwe mu bafite ubumenyi mu ikoranabuhanga babukoresha mu kwica amategeko ndetse no kusibanganya ibimenyetso byashingirwaho mu gushakisha telefoni zibwe. Bamwe mu babikora baherutse gufatwa na Polisi ...
Ruganzu Gerard usanzwe ari umuforomo ukorera mu Karere ka Nyagatare niwe wabaye umunyamahirwe wa kabiri wegukanye ipikipiki muri Tombola ya CANAL+ RWANDA. Abandi banyamahirwe batomboye Televiziyo,...
Mu Bushinwa hari urundi ruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni zigendanwa n’ibindi bitandukanye. Ni uruganda abantu bavuga ko ruje guhangana na Huawei isanzwe ari iya mbere mu guk...
Urubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp rwatangaje ko nyuma yo ku wa 15 Gicurasi 2021, abayikoresha batari bemeza amategeko n’amabwiriza byayo bishya bazagenda babura ibintu bimwe, kugeza babyemeje. Mu but...




