Urwego rw’igihugu rw’ubwizigamire, RSSB, ruri gutekereza uko abaturage bahabwa uburyo bwo kujya biteganyiriza binyuze kuri telefoni cyangwa banki zabo ‘byikoze.’ Abahanga b’iki kigo bavuga ko byaba ub...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwerekanye abantu barindwi bafashwe bakurikiranyweho kwiba abantu telefoni zabo. Barimo abamotari babiri, ukora ku iposita, ufite ubumuga n’abandi. RIB yavuze ko abamotari ba...
Mu rwego rwo gufasha abakiliya kudatakaza sim cards basanganywe no kudakwirakwiza plastique, ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga Airtel Rwanda, cyazanye ikoranabuhanga ribika amakuru ...
Mu Mudugudu wa Kinihira I, Akagari ka Gisuna, Umurenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi aho Kaminuza yitwa University of Arts and Technology of Byumba (UTAB) iherereye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanda...
Ubufatanye bwa Polisi n’inzego z’ibanze i Musanze hafatiwe umusore wari ufite telefoni esheshatu bivugwa ko yari yibye mu Rwanda ngo ajye kuzigurisha muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni telefon...
Iryamukuru Etienne wamamaye mu itsinda afatanyije na mugenzi we witwa Japhet rikina umukino bise ‘Bigomba Guhinduka’ aherutse gutegwa n’abagizi ba nabi baramuniga baramwambura bamusiga avirirana. Bya...
Messi yahaye buri mukinnyi na buri mukozi mu ikipe y’igihugu ya Argentine telefoni ya iPhone isize zahabu. Bose hamwe ni abantu 35, akaba yabahaye telefoni zose hamwe zifite agaciro ka €200,000. Buri ...
Abayobozi mu nzego z’imibereho myiza cyane cyane iyifatanye isano ya hafi n’abagore bemeza ko kuba Abanyarwandakazi bakoresha ikoranabuhanga bakiri bake, bibadindiza mu iterambere. Kuba ari bake biter...
Minisitiri w’ikoranabuhangana na inovasiyo Paula Ingabire avuga ko kugeza ubu Abanyarwanda benshi bafite telefoni zigendanwa kuko bangana na 82% muri bo abangana na 30% bakaba bafite izikoresha murand...
Taliki ya 02, Ukuboza, 2022, nibwo ikigo gicuruza telephone kitwa Tecno cyatangije ubufatanye n’ikigo cy’itumanaho Airtel-Rwanda. Bugamije kugeza ku Banyarwanda murandasi ihendutse na telefoni zigezw...









