Nyuma y’uko inama yagombaga guhuza abagize Akanama gashinzwe umutekano mu Muryango w’Afurika Yunze ngo bige ku bibazo bya Tchad isubitswe kenshi, kuri uyu wa Gatanu yateranye. Ni Inama ikomeye kuko ib...
Nyuma y’igitutu abatavuga rumwe na Leta bari bamaze iminsi bashyira ku basirikare bafashe ubutegetsi bw’inzibacyuho muri Tchad babasaba ko Minisitiri w’Intebe muri Guverinoma nshya ayindurwa, hashyizw...
Ingabo ziyoboye zaraye zishyizeho Bwana Albert Pahimi Padacké ngo abe Minisitiri w’Intebe ariko kuri uyu wa Kabiri tariki 27, Mata, 2021 abaturage b’i N’Djamena baramukiye mu mihanda bamwamagana...
Bwana Albert Pahimi Padacké wari usanzwe ari Minisitiri w’Intebe muri Guverinoma ya Perezida Idriss Deby Itno yongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora Guverinoma y’inzibacyuho. Yashyizweho na Gen Maha...
Tchad ni igihugu kihagazeho muri byinshi ariko cyane cyane ku gisirikare. Kuba giherutse gupfusha Umukuru w’Igihugu ni ibyago bigikomereye ariko bitazabura kugira ingaruka ku karere iherereyemo. Iki g...
Ku wa Mbere tariki 20, Mata, 2021 nibwo muri Tchad, Afurika n’isi muri rusange abantu batangajwe kandi bababazwa n’urupfu rwa Idriss Deby Itno wari umaze imyaka 30 ayobora Tchad. Itariki yatangajweho ...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yafashe mu mugongo abaturage ba Tchad baherutse gupfusha Perezida wabo, Idriss Deby Itno. Uyu mugabo watangiye kuyobora Tchad muri 1990 yapfuye azize ibikomere by’amasa...
Nibwo bwa mbere guhera muri 2013 ubwo Boko Haram yatangiraga guteza umutekano muke, ivuzweho gukorana n’undi mutwe ngo bahirike ubutegetsi bw’i N’Djamena. Abarwanyi b’uyu mutwe baravugwaho gutan...
Ifatwa ryabo ryaraye ritangajwe na Minisiteri y’umutekano mu gihugu. Rivuga ko abafashwe bari bagize itsinda ry’iterabwoba ryateguraga kuzaburizamo Amatora azaba ku Cyumweru tariki 11, Mata, 2021. Aba...
Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu muri Niger yitwa la Commission nationale des droits humains (CNDH) yasohoye raporo ishinja ingabo za Tchad ziri mu kiswe G5 gufata abagore ba Niger ku ngufu. Iriya K...









