Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatatu Taliki 06, Mata, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye Impapuro zemerera Major General Mutayoba Makanzo guhagararira Tanzania mu Rwanda ndetse n’izemerer...
Mu ntangiriro za Mata, 2022 ni ukuvuga guhera taliki 04, kugeza taliki 10, muri Tanzania hazabera irushanwa ry’umukino wa Golf wateguwe n’Ikigo International Sports Management ndetse n’Ihuriro ry’aba...
Minisitiri w’imari wa Tanzania witwa Mwigulu Nchemba yatangaje ko igihugu cye cyasinyanye n’u Burundi amasezerano yo kubaka umuhanda wa Gari ya Moshi w’ibilometero 287. Ni umuhanda uzuzura utwaye mili...
Job Ndugai wayoboraga Inteko ishinga amategeko ya Tanzania yeguye kuri uyu wa Kane, nyuma y’igitutu gikomeye yashyizweho n’ishyaka rye Chama Cha Mapinduzi (CCM). Ndugai wari muri uwo mwanya kuva mu Ug...
Imibare yaraye itangajwe na kimwe mu bigo bya Kenya bikora ibarurishamibare, yerekana ko ibyo iki gihugu gitumiza muri Tanzania byazamutse cyane kurusha ibyo koherezayo. Ni imibare yasesenguwe guhera ...
Ikipe y’abagabo ya Police y’u Rwanda ikina umukino wa Handball yegukanye igikombe mu irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere ka Africa y’Iburasirazuba n’iyo hagati (ECAHF) ryaberega muri Tanzania...
Ikipe ya Police y’u Rwanda y’umukino wa Handball yamaze gutsindira kuzakira umukino wa nyuma mu irushaka ry’umupira w’amaboko iri kubera muri Tanzania. Police HC izahura n’Ikipe ya Kenya Hagati aho ik...
Abagabo icumi bafashwe kuri uyu wa Gatanu tariki 22, Ukwakira, 2021 bakurikiranyweho gusahura Fusso yakoze impanuka itwaye ibicuba 52 by’amata. Aho gutabaza bihutiye kuyisahura bajyana mu ngo zabo. Ni...
Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan avuga ko ubwo yabaga Umukuru w’Igihugu, hari bamwe bavugaga ko atazabishobora kuko ari umugore. Yemeza ko ubu amaze kwerekana ko abishoboye kandi ko ibyo akor...
Ubwo bari baragiye bakaza kubura zimwe mu nyana, abana batatu bagiye kuzishaka bahura n’intare z’ingore zirabica. Byabereye muri Tanzania muri pariki ya Ngorongoro nk’uko byatangajwe...








