Nyuma y’uko ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro gisanze hari umuceri upima toni zirenga 700 wavanywe muri Tanzania utujuje ubuziranenge, kigaca buri mucuruzi amande angana na $10,000, ubu bar...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta na mugenzi we wa Tanzania witwa January Yusuf Makamba baraye bagiranye ibiganiro byavugiwemo ko hari umupaka wundi uhuza ibihugu byombi u...
January Yusuf Makamba ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Tanzania ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yatangiye kuri mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri. Akigera mu Rwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside r...
Inteko Rusange ya Sena y’u Rwanda yaraye yemeje ko Gen. Patrick Nyamvumba yujuje ibisabwa umuntu ukwiye guhagararira u Rwanda mu mahanga bityo yanzura ko aba Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania. Nyam...
Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye kuri uyu wa Kabiri taliki 27, Gashyantare, 2024 yanzuye ko General Patrick Nyamvumba aba Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania. Fatou Harerimana wahatangiye imirimo...
Umutwe wa M23 waburiye ingabo za Tanzania ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ko nizikomeza kurasa ku baturage ishinzwe kurinda izaziv...
Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatanu Taliki 12, Mutarama, 2024, nibwo Perezida Paul Kagame yageze muri Zanzibar mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 Zanzibar imaze ikoze impinduramatwara ya...
Mu Ntara ya Kagera muri Tanzania haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’abana barindwi bagaburiwe uburozi burabahitana bikozwe n’abo mu muryango umwe bavugaga ko abo bana babibye inkoko bari kuzarya ku buna...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko hari umukino wa gishuti iri gutegura hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania. Ni umukino uzaba taliki 25, Ugushyingo, 2023 ukazabera kuri stade ya N...
Leta ya Israel yatangaje imyirondoro y’Abanya-Tanzania babiri byemezwa ko bashimuswe na Hamas. Hamas yagabye ibitero muri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023 ihitana abantu 700 icyarimwe ariko nyuma haza...









