Binyuze muri Guverinoma ya Kenya, Raila Odinga yatanze kandidatire yo kwiyamamaza kuzatorerwa kuyobora Komisiyo y’Afurika yunze ubumwe. Hagati aho hari amakuru avuga ko Kenya ihanganye na Tanzania kur...
Victor Mbaoma wa APR FC yaraye atindiye ikipe ye igitego mu mukino yakinaga na Singida Black Stars. Wari umukino wa mbere APR FC yari itangiye muri CECAFA Kagame Cup 2024. CECAFA Kagame Cup 2024 iz...
Ibihugu bimwe mu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba byatinze gutanga amafaranga bituma hari gahunda zitagezweho. Imwe muri zo ni uko hari imirimo y’Urukiko rw’uyu Muryango itazakorwa kubera ko...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo yasabye Tanzania ko bagura toni 500000 kugira ngo ibone ibyo igaburira abaturage. Amasezerano y’ubu buguzi yaraye asinywe hagati y’Ikigo cya Tanzania gish...
Uruganda rukorera ahitwa Mtibwa muri Tanzania rwaraye ruhiye, inkongi ihitana abantu 11 barimo n’Umunyakenya umwe. Mtibwa ni mu Burasirazuba bw’Intara ya Morogoro, imwe mu Ntara za Tanzania. Amakuru a...
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yoherereje mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye impano y’inyoni nini kandi z’amabara meza bita peacocks nk’ikimenyetso cy’ubufatanye n’ubucuti ...
Ibiro bya Ambasade y’Amerika muri Tanzania yatangaje ko ibaye ihagaritse imirimo kuko murandasi ari nke cyane. Tanzania niyo yahuye n’imbogamizi zikomeye zatewe n’uko imigozi yagabur...
Zitto Kabwe uyobora Ishyaka ACT- Wazalendo ryo muri Tanzania arateganya kuzahangana na Perezida wa Tanzania Madamu Samia Suluhu Hassan. Amatora y’Umukuru w’igihugu muri Tanzania ateganyijw...
Ibiza bimaze iminsi byibasira Afurika y’Uburasirazuba byangije ibihingwa ngangurarugo ku buryo hari impungenge ko mu myaka iri imbere hari ingo nyinshi zizasonza. Ibyo biza byahitanye n’ab...
Nyuma y’imvura yateye imyuzure ikomeye igahitana abantu 210, Perezida wa Kenya yatangarije abaturage be ko ibintu bizakomera kurushaho kugeza mu mpera za Gicurasi, 2024. Avuga ko nk’ubu hari umuyaga w...









