Polisi ya Kenya yafashe umugore witwa Maimuna Amir ukomoka muri Tanzania afite isanduku yahishemo ibilo 5.3 by’ikiyobyabwenge gikomeye kitwa Heroin( mu Rwanda bakita Mugo). Gifite agaciro ka miloyoni ...
Minisitiri w’Intebe wa Tanzania Bwana Kassim Majaliwa yatangaje ko Dr John Pombe Magufuli ari muzima kandi ari mu kazi ndetse ko agakorana umurava. Majaliwa avuga ko impuha z’uko Perezida Magufuli are...
Ku mbuga nkoranyambaga z’abatuye Tanzania handitswe ko Perezida John Pombe Magufuli ari mu bitaro byo muri Kenya, kandi ko arembye. Abenshi baremeza ko arwaye COVID-19. Hari hashize ibyumweru runaka a...
Leta ya Kenya yahagaritse itumizwa ry’ibigori mu bihugu bya Uganda na Kenya, ivuga ko igenzura ryakozwe ryerekanye ko bihumanye ku buryo bidakwiriye kuribwa. Mu ibaruwa yanditswe n’umuyobozi w’Ikigo G...
Minisiteri y’ubuzima muri Tanzania yemeje ko indwara iri kwica abaturage ari COVID-19. Ibiro bishinzwe kuvugira iyi Minisiteri bivuga byemeje ko ibimenyetso bihari byerekana ko muri kiriya gihugu har...
Perezida John Magufuli wa Tanzania yasabye ko haba indi minsi itatu yo gusenga no kwiyiriza basaba Imana kubakiza coronavirus ivugwa bushya muri iki gihugu. Mu ijambo rye mu gushyingura umunyamabanga ...
Ba Ambasaderi b’ibihugu byombi baraye basinye amasezerano y’ubufatanye. Amabuye yabonetse mu gihugu kimwe ariko akaba ataboneka mu kindi azajya acyoherezwamo atunganywe ku giciro kinogeye buri r...
Didier Gomez Da Rosa wigeze kuba umutoza wa Rayon Sports yasinye nk’umutoza mushya wa Simba FC yo muri Tanzania. Iyi kipe yari iherutse kwirukana Umubirigi Sven Vandrenbroeck werekeje muri Far Raba...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yashimiye mugenzi we wa Uganda Yoweli Museveni ko yongeye gutorerwa kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka. Yatsinze abandi 10 barimo na Bobi Wine waje ...
Ikigo mpuzamahanga gishinzwe abinjira n’abasohoka, International Organization on Migration, kivuga ko cyakoranye na UNHCR bakora umugambi unoze wo kuzacyura impunzi zahungiye muri Tanzania n’u Rwanda....









