Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania ategerejwe mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda guhera ku wa 2 Kanama, ari narwo rwa mbere azaba agiriye muri iki gihugu kuva yajya ku butegetsi muri Werurwe...
Leta ya Tanzania kuri uyu wa Gatandatu yakiriye inkingo 1,058,400 za COVID-19 zo mu bwoko bwa Johnson & Johnson, zizahabwa abaturage bangana n’uwo mubare kuko uru rukingo ruterwa umuntu inshuro im...
Guverinoma ya Tanzania yahagaritse ibikorwa bitari ngombwa bihuriza hamwe abantu benshi, mu gihe iki gihugu cyugarijwe n’inkubiri ya gatatu y’ubwandu bushya bw’icyorezo cya COVID-19. Kuri uyu wa 22 Ny...
Polisi ya Tanzania yemeje ko yataye muri yombi umuyobozi w’ishyaka Chama cha Demokrasia na Maendeleo (Chadema) ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Freeman Mbowe, akekwaho ibyaha birimo ubugambanyi bugamije g...
Muri Tanzania, Umuyobozi w’Ishyaka riruta ayandi atavuga rumwe n’ubutegetsi ryitwa CHADEMA yatawe muri yombi na Polisi mu gihe yiteguraga guha ikiganiro abanyamakuru. Cyari ikiganiro cyo kubabwira iby...
Suluhu Samia uyobora Tanzania ari mu ruzinduko rw’akazi mu Burundi. Asuye u Burundi mu gihe hari hashize igihe gito Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yemeranyije na mugenzi we w’u Burundi ko azubaka...
Abagenzi bari muri imwe mu ndege za Uganda batangajwe no gukerererwa ku kibuga cy’indege kiritiwe Julius Nyerere muri Tanzania bategereje ko indege bayongeremo amavuta ngo iguruke. Bamaze igihe kireng...
Hyundai Rotem yo muri Korea y’Epfo yatsindiye isoko rya miliyoni $296.5 ryo gutanga ibice bya gari ya moshi ikoresha amashanyarazi, bigenewe Tanzania Railway Corporation. Bizashyirwa mu muhanda ...
Ibigo by’imari ku isi byategetse Tanzania kubiha ‘imibare isobanura neza’ uko ubwandu bwa COVID-19 bumeze niba yifuza ko biyiha inguzanyo. Ibyo bigo ni Ikigega mpuzamahanga cy’imari ndetse n’Umuryango...
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi Bwana Ndikuriyo Révérien yasuye Tanzania agamije kuganira n’ubuyobozi bw’ishyaka riyobora Tanzania ryitwa Chama Cha Mapenduzi. Bahuriye ku ...









