Umuvugizi wa Minisiteri y’ingabo z’u Bushinwa Gen Wu Qian yavuze ko Nancy Pelosi nasura Taiwan intambara y’u Bushinwa na Taiwan izahita irota. Yatangaje ko ikiguzi iriya ntambara izasaba cyose u Bus...
Mu gihe hari umwuka w’intambara hagati y’ubutegetsi bw’u Bushinwa n’Amerika bapfa ko u Bushinwa budashaka ko Taïwan yigenga, hari Abashinwa n’abahezanguni bifuza bakomeje ko igihugu cyabo cyarasa Taïw...
Minisiteri y’ingabo z’u Bushinwa yaraye itanze gasopo kuri Taïwan ko niyemera gushukwa n’Amerika igatangaza ko ari igihugu cyigenga izaba itangije intambara kandi ko iyo ntambara izasiga Taiwan yomets...
Umubano w’Amerika n’u Bushinwa nk’ibihugu bya mbere bikize ku isi wongeye kuzamo igitotsi. Iki gitotsi muri iki gihe gishingiye ku bushake bw’u Bushinwa bw’uko Taiwan iba iyabwo ijana ku ijana mu gihe...
Nibwo butumwa bw’ingenzi bukubiye mu biganiro byaraye bihuje Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping na Joe Biden uyobora Amerika. Icyakora Perezida Xi niwe wabwiye mugenzi we ko kumva ko u Bushinwa buzemera...
Minisiteri y’ingabo y’u Bushinwa yasohoye itangazo isaba Leta zunze ubumwe z’Amerika kwirinda kubukora mu jisho kuko byazazigiraho ingaruka. Ni nyuma y’uko hari indege ya gisirikare y’Amerika iherutse...
Imbaraga ziracyashyirwa mu kugerageza gukura ubwato bufite metero 400 z’uburebure mu misotwe bwahezemo ariko kugeza ubu byanze! Ubwato Ever Given bwakozwe n’Abanya Taiwan kandi bari kugira uruhare run...






