Perezida Joe Biden yavuze ko ingabo ze ziteguye kuzatabara Taiwan umunsi u Bushinwa bwayishojeho intambara. Ni amagambo ashobora kuza gukomeza kurakaza u Bushinwa bwari bumaranye igihe umujinya bwatew...
Mu gihe bamwe bakeka ko umwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan wahosheje, ku rundi ruhande impande zombi zikomeje gukora ibikorwa bamwe bavuga ko bitinde bitebuke bizateza intambara yeruye. ...
Hari raporo z’ubutasi zivuga ko Leta y’u Buyapani iri gutegura ibisasu 1000 byo gushyira mu mazi iki gihugu gisa n’igisangiye n’u Bushinwa ari mu kirwa kitwa Nansei. Ni ibisasu bifiite ubushobozi bwo ...
Itsinda ry’Abadepite bo muri Amerika ryageze Taipei muri Taiwan kuganira n’ubuyobozi bw’iki gihugu. Ni igikorwa gishobora gukomeza kurakaza u Bushinwa nyuma y’uko Perezida w’Inteko y’Amerika Nancy Pel...
Hari ikinyamakuru cyo muri Aziya cyanditse ko ubwo indege 30 z’u Bushinwa zinjiraga mu kirere cya Taiwan, igisirikare cy’iki gihugu cyahanuye mo zimwe. The Jerusalem Post yanditse ko amakuru ifite avu...
Nyuma yo kotsa igitutu Taiwan binyuze mu kuyizengurutsa ingabo zirwanira ku butaka n’izo mu kirere, ubutegetsi bwa Politiki bw’u Bushinwa bwatangije intambara y’ubukungu n’ibindi birimo iy’ububa...
Ubwato bwari busanzwe buca mu gice Taiwan iherereyemo bujyanye ibiribwa, ibinyobwa cyangwa ibindi bicuruzwa muri Aziya y’i Burasirazuba buri gusubira inyuma kubera gutinya ko ibisasu by’u Bushinwa bya...
Amakuru mashya ku mwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan avuga ko ingabo z’u Bushinwa zamaze kugota ikirwa cya Taiwan. Abasirikare b’u Bushinwa bavuga ko bari mu bikorwa bya gisirikare bizama...
Amakuru mashya ku mwuka mubi hagati y’u Bushinwa n’Amerika bapfa Taiwan avuga ko hari indege za Leta zunze ubumwe z’Amerika zahagurutse mu Buyapani kugira ngo ziherekeze indege Nancy Pelosi arimo. Bit...
Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yaraye isabye abasirikare bayo bari baragiye ku kiruhuko kuvayo bakagaruka mu bigo, bakitegura ko igihe icyo ari cyo cyose bakwambarira urugamba. Ni nyuma y’uko u Bushinw...









