Indonesia, Taiwan na Israel ni bimwe mu bihugu biri kuganira n’ubutegetsi bwa Donald Trump ngo harebwe uko bwagabanya urwego rw’imisoro bwabishyiriyeho. BBC ivuga ko ibihugu 50 ari byo bir...
Kuba Leta zunze ubumwe z’Amerika ari igihangange ku isi, ntawe ubijyaho impaka. Ubuhangange bw’iki gihugu buri mu nzego zose ariko cyane cyane mu bukungu no mu bya gisirikare. Izi ngingo ebyeri nizo z...
Umunyamabanga muri Amerika ushinzwe iby’umutekano mu kirere witwa Frank Kendall yabwiye Sena y’igihugu cye ko Ubushinwa buri gutegura intambara buzarwana n’Amerika kandi ngo ni intambara Amerika itige...
Nyuma yo kubona ko indege 10 z’intambara z’Ubushinwa zamaze kototera ikirere cyayo, Taiwan nayo yahagurikije indege z’intambara. Byabaye nyuma y’uko indege z’Ubushinwa zari zamaze kurenga umurongo Tai...
U Bushinwa buguye gusohora amabwiriza akubiye mu ngingo 74 avuga uko umusirikare wabwo agomba kuba ateye. Amakuru make yatangajwe n’ikinyamakuru cya Leta y’u Bushinwa kitwa Xinhua News avuga ko muri i...
Nyuma y’uko Emmanuel Macron avuze ko u Burayi bugomba kwirinda kwivanga mu bibazo bireba Amerika n’u Bushinwa, bamwe mu bantu bashyigikiye ko Taiwan yigenga bavuze ko Macron yahubutse, avuga amagambo ...
Igisirikare cy’u Bushinwa cyakoze igikorwa bamwe bafashe nk’ubushotoranyi cyo kwinjiza indege 47 mu kirere cya Taiwan. Muri rusange indege 71 z’ingabo z’u Bushinwa nizo zahagurikijwe ngo zikorere imy...
Hafi y’u Rwanda intambara iraca ibintu mu Burasirazuba bwa DRC, muri Mozambique irakomeje hagati y’abarwanyi bavugwaho iterabwoba n’ingabo za Leta zifatanyije n’iz’ibihugu by’inshuti, u Burusiya na U...
Perezida w’u Bushinwa yavuze ko igihe kigeze ngo ingabo ze zongere imyitozo, ibikoresho bigezweho n’ubuhanga mu kurwana intambara z’ubu ndetse n’izizaza. Xi Jinping avuga ko umutekano w’igihugu cye ug...
Abibwira ko u Bushinwa bwazibukiriye umugambi wabwo wo kwigarurira Taiwan baba bibeshya. Bitinde bitebuke bizarangira buyigaruriye kuko iyo usomye ukumva imigambi buyifitiye ubona ko bwamaramaje. Imbw...









