Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo baherutse gukorera umuganda mu bitaro biri ahitwa Torit muri Leta ya Equatoria, imwe mu zigize Sudani y’Epfo. Ni umuganda bakoze ba...
Umuryango w’Abanyarwanda baba mu Murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, watangaje ko witeguye kwakira Perezida Paul Kagame uri mu Bufaransa mu nama ivuga ku iterambere rya Sudani n’iry’Afurika muri rusang...
Ubwo abakozi 20 b’Umuryango w’Abibumbye bacaga ahitwa Longiro muri Sudani y’epfo bagategwa igico n’abarwanyi, ingabo z’u Rwanda ziyobowe na Major Aimé Uwimana zabatabaye zirabarokora. Bari bari ...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera asaba abapolisi kimwe n’abandi Banyarwanda gukomeza kwitwarika birinda icyorezo COVID-19. Aherutse kubyibutsa abapolisi bar...
Dr Biruta Vincent, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 29, Werurwe, 2021 yahuye na Madamu Amira Elfadil, akaba ari Komiseri mu Muryango w’Afurika Yunze Ubumwe ushinzwe...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10, Werurwe, 2021 hari abasirikare b’u Rwanda basimbujwe bagenzi babo bari basanzwe baragiye kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo ahitwa Malakal. Habayeho igikorwa cyaba...
Mu buryo butunguranye Minisitiri wa Siporo w’u Rwanda Madamu Aurore Mimosa Munyangaju yasuye ikipe ya Basket ya Sudani y’Epfo. Ikipe ya Sudani y’Epfo y’Epfo iri mu marushanwa nyafurika ya Basket ari k...
Umukino waraye ubereye kuri Kigali Arena wahuje ikipe y’u Rwanda ya Basket yitwa Amavubi Basketball Club n’iya Sudani y’epfo warangiye Sudani y’Epfo itsinze u Rwanda. Perezida Kagame yari yaje kuwure...







