Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yayoboye igikorwa cyo gusezera ku bapolisi 240 boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo. Aba mbere bazurira indege kuri iki Cyumweru tal...
Abapolisi 240 bagize itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda bari muri Sudani y’Epfo baraye bashimiwe imikorere iboneye, bambikwa imidari na bamwe mu bayobozi bakuru mu Muryango w’Abibumbye. Kubashimira imiko...
Ubutegetsi bwa Sudani bwatangaje ko bwarakajwe n’uko Ethiopia yafunguye igice cya mbere y’urugomero rw’amashanyarazi ku ruzi rwa Nili ruhuriweho n’ibihugu bitandukanye birimo na Misiri itabumenyeshej...
Abasirikare bo muri Sudani y’Epfo bamaze iminsi mu Rwanda mu ishuri rikuru rya gisirikare iri i Musanze bahugurwa uko barushaho gucunga umutekano iwabo. Mu muhango wo gusoza amasomo bari bamazemo imin...
Bwana El Musalmi Kabbashi usanzwe ari umuyobozi wa Al Jazeera muri Sudani yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano kandi kugeza ubu nta mpamvu y’ifatwa rye iratangazwa. Bisanzwe bizwi ariko ko iki kin...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa no gushyira ibintu mu buryo Commissioner of Police( CP) George Rumanzi yaraye abwiye abapolisi 143 bari barangije akazi kabo muri Sudani y’Epfo ko ba...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa byayo DIGP Felix Namuhoranye yibukije itsinda ry’abapolisi 160 buriye indege bajya kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo ko icyangombwa kig...
Gen Abdel Fattah Al-Burhane yatangaje ko Minisitiri w’Intebe wa Sudani aherutse guhirika ku butegetsi witwa Abdallah Hamdok yahise amufungira iwe[kwa Jenerali] kandi azasohoka yo ari uko akaduruvayo g...
Minisitiri w’Intebe wa Sudani witwa Abdalla Hamdok yatangaje ko igihugu cye kiri mu bibazo bya politiki biterwa n’uko bigoye ko abasirikare basubiza ubutegetsi abasivili. Yavuze ko igihugu cye kiri mu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel Yair Lapid yafunguye Ambasade y’igihugu cye muri Leta ziyunze z’Abarabu, yubatswe Abu Dhabi. Ni indi ntambwe nziza Israel iteye mu gutsura umubano wayo n’ibi...








