Abanyamakuru batandatu b’ikigo cya Leta ya Sudani y’Epfo bagiye gukurikiranwa mu nkiko kuko batangaje amashusho ya Perezida Salva Kirr ‘yiyanduza ku ipantalo.’ Ubundi ariya mashusho yari y...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 28 Ukuboza 2022, ingabo 750 zo muri Sudani y’Epfo zahawe ibendera ry’igihugu cyazo ngo zirijyane mu Repubulika ya Demukarasi ya Congo aho zigiye guhashya imitwe ihamaze ig...
Polisi y’u Rwanda mu gihe kitageze ku masaha 72 yohereje hanze y’u Rwanda abapolisi 322. Bajyanywe no gukomeza kuhabungabunga amahoro. Kuri uyu wa Kabiri Taliki 08, Ugushyingo, 2022 abapolisi 162 bayo...
Ni itsinda rya gatanu ryiganjemo abapolisikazi riyobowe na Senior Superintendent of Police( SSP) Spèciose Dusabe. Muri Sudani y’Epfo rizahasimbura irindi tsinda ryari rihamaze umwaka. Umuyobozi mukur...
Abapolisikazi bo mu Rwanda boherejwe muri Sudani y’Epfo kuhabungabunga amahoro bakusanyije ubushobozi bwabo batera inkunga ikigo cy’imfubyi zo muri kiriya gihugu kitaragira amahoro arambye kuva cyabon...
Ubunyamabanga bw’Ishami ry’Umuryango W’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, WHO/OMS, bwatangaje ko hari ubwoko bw’inkingo za Ebola ziri gukorwa ngo zizageragerezwe muri Uganda kuko izisanzwe ziriho z...
Assistant Commissioner of Police ( ACP) Ferry Bahizi Rutagerura wari usanzwe uyobora Abapolisi ku rwego rw’Umujyi wa Kigali yatsindiye kuyobora ishami rishinzwe ibikorwa mu bapolisi b’Umuryango w’Abib...
Imvura imaze iminsi igwa muri Sudani imaze guhitana abantu 52 nk’uko itangazamakuru ry’aho ribivuga. Iki gihugu kiri mu gihe cy’imvura nyinshi imaze kwibasira ibice bitandukanye birimo ibikikije uruz...
Ubutegetsi bw’i Kinshasa buvuga ko hari ingabo za Sudani y’Epfo ziri ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu buryo ibihugu byombi bitemeranyijeho. I Kinshasa basaba ubutegetsi bw’i Juba kug...
Mu rwego rwo gufasha abatuye Umurwa mukuru wa Sudani y’Epfo ari wo Juba kuba ahantu heza, ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu taliki 18, Kamena, 2022 zakoze umuganda ariko ziha abana b’aho ibikore...








