Umunsi ubaye uwa kabiri intambara yubuye hagati y’ingabo za Guverinoma y’inzibacyuho ya Sudani n’abasirikare batavuga rumwe nayo. Ni intambara iri kwaguka, hakaba hari ubwoba ko izagera n’ahandi mu gi...
Mu murwa mukuru wa Sudani witwa Khartoum hiriwe imirwano hagati y’ingabo n’abarwanyi bitwara gisikare. Hari hashize iminsi hari umwuka w’intambara. Intandaro y’ibi byose ni ikibazo cyakomeje kuburirwa...
Abapolisi b’u Rwanda bari muri Sudani y’Epfo no muri Repubulika ya Centrafrique ku yindi nshuro bongeye kwambikwa imidali yo kubashimira umuhati wabo mu kubungabungira abandi amahoro. Kuri uyu wa Gata...
Hagati ya Khartoum na Moscow haravugwa urunturuntu nyuma y’uko hari Abarusiya bagera 30 bakurikiranyweho ubucukuzi n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro budakurikije amategeko. Umwe yamaze kubazwa n’ubuge...
Musenyeri Loboka ni umwe mu bihayimana bo muri Sudani y’Epfo witwa Apostles of Jesus bakorera muri Sudani no muri Sudani Y’Epfo. Mu minsi ishize ubwo igihugu cye cyasurwaga na Papa Francis yagiriwe ic...
Itangazamakuru ryo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika rivuga ko ubutegetsi bw’i Washington buri gukora uko bushoboye kugira ngo bukumire imbaraga z’abacanshuro ba Wagner muri Libya no muri Sudan. Nyuma ...
Raporo ya buri Cyumweru yerekana ibihugu u Rwanda rwoherereje ibihingwa cyangwa ibikomoka ku matungo byinshi mu gihe kingana n’Icyumweru, yerekana ko kimwe mu bihugu rwoherereje amata ari Sudani y’Epf...
Intumwa ya Papa Francis muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yitwa Mgr Ettore Balestrero yavuze ko ubutumwa Papa Francis azazanira abatuye iki gihugu mu mpera za Mutarama, 2023 buzaba ari ubwo kuba...
Ubwo Polisi ya Congo yarasaga ibyuka biryana mu maso yirukana abaje kwigaragambya nk’uko yari yabitanzeho umuburo, abanyamakuru batatu bakomeretse bikomeye abandi barafatwa bajya guhatwa ibibazo. Aban...
Abagize ihururo bise Le colléctif des mouvements citoyens batangaje ko kuri uyu wa Gatatu bari byigaragambye bamagana ko ingabo za Sudani y’Epfo zitegerejwe i Goma. Ingabo z’iki gihugu zirajya i Goma ...









