Abahagarariye impande zihanganye muri Sudani bari muri Arabie Saoudite mu biganiro bigamije guhagarika intambara igiye kumara ukwezi ihatangiye. Ni intambara ihuje abasirikare bayobowe na Gen Burhan n...
Abapolisi b’u Rwanda baba mu itsinda ryiswe RWAFPU1-7 batumwe kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo bahaye abana baba mu nkambi ibikoresho by’ishuri kugira ngo bige neza. Ibyo bikoresho bigenewe abana b...
Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr avuga ko aherutse kuvugana n’abajenerali bahanganye muri Sudani bamubwira ko biteguye kwicarana bakaganira, ariko ko hagomba kubanza gushaka aho bazaganirira bemer...
Ibyumweru bibaye bibiri muri Sudani intambara itangiye. Ababikurikiranira hafi bavuga ko iri gufata indi ntera kuko n’ibihugu bigize Umuryango wa IGAD bihangayikishijwe n’uko nta ruhande mu ziha...
Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda nakorera mu Ntara ya Sudani y’Epfo yitwa Malakal baherutse guhugura bagenzi babo bo miri kiriya gihugu. Ni amahugurwa abaha ubumenyi mu nzego zitandukanye zirebana n’ak...
Mu gihe intambara ikomeje guca ibintu muri Sudani, uwahoze ayiyobora akaza gukurwa ku buyobozi n’abantu bigaragambyaga kubera icyo bitaga ubuzima buhenze witwa Omar El Bechir yaraye ajyanywe kwa mugan...
Indege nini zitwara abantu n’imitwaro yabo zatangiye kugera muri Djibouti aho abanyamahanga bari basanzwe baba muri Sudani babaye bahungiye imirwano iri kuhabera. Zije kubacyura mu rwego rwo kubarinda...
Iminsi irindwi irashize muri Sudani hadutse intambara. Imibare ya OMS ivuga ko abantu 413 bamaze kuyigwamo bivuze ko ku munsi hapfaga abantu ‘bagera’ kuri 59. Abantu 3,500 kandi bayikomerekeye mo. Iki...
Uhagarariye inyungu z’u Rwanda muri Sudani witwa Abdel Buhungu avuga ko ibintu muri Sudani bikomeye bityo ko Abanyarwanda bahaba bagomba kwirinda gucaracara hanze ahubwo bakaguma mu ngo zabo. Buhungu...
Imodoka yari itwaye abadipolomate b’Abanyamerika boherejwe muri Sudani ngo bukurikirane uko iby’umutekano muke uhavugwa umeze, yarashweho n’abarwanyi bivugwa ko ari ab’umutwe witwa Rapid Support Force...









