Mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr yakiriye ububasha bwo kuyobora Umuryango w’ibihugu umunani bigize EAC. Mu mbwirwaruhame yagejeje kuri bagenzi be, yumvikanishije...
Kuva aho ibya Israel na Hamas bitangiriye, umuryango mpuzamahanga wahise ayerekezaho amaso, ibindi byose ku isi bias n’ibyibagiranye. Muri byo harimo n’intambara yo muri Sudani imaze kuvana mu byabo a...
Ibi byavuzwe na Gen Abdel Fattah Burhan uyoboye Sudani muri iki gihe. Ahanganye n’undi Jenerali witwa Dagalo bapfa ubutegetsi. Burhan yabwiye Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ko akurikije uko ibintu bih...
Umwe mu miryango itari iya Leta ikorera mu Murwa mukuru wa Sudani uvuga ko ubwinshi bw’imirambo idashyinguye bwatumye haduka indwara mu baturage. Ikindi kibazo gihari ni uko uburuhukiro bw’ibitaro byo...
Kubera umutekano muke uri muri Sudani, hari Kaminuza yo muri iki gihugu igiye kuherereza u Rwanda abanyeshuri biga ubuvuzi kugira ngo barukomerezemo amasomo. Abanyeshuri 200 biga iby’amenyo n’abiga u...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’Umuryango w’Abibumbye mu butumwa bw’Amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) ushinzwe ibikorwa, Commissioner of Police (CP) Felly Bahizi Rutagerura, yasuye abapolisi b’u Rwanda...
Ubutegetsi bwa Sudani buyobowe na Gen Abdel Fattah Al-Burhan bwatangaje ko budashaka umugabo witwa Volker Perthes wari uhagarariye Umuryango w’Abibumbye muri iki gihugu. Ngo ni gashozantambara. Burha...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi riratabariza abanya Sudani bahunze igihugu kugira ngo haboneke miliyari $2.56 yo kuzishakira ibizitunga. Inyinshi mu mpunzi zo muri Sudani zahungiye ...
Mu Kigo gitoza abapolisi kiri mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana haraye hatangijwe amahugurwa agenewe abapolisi 20 bazahugura bagenzi babo bitegura kujya kugarura amahoro hirya no hino ku is...
Mu Cyumweru kimwe, abantu 600,000 bahunze Sudani kubera intambara ihamaze hafi ukwezi. Ni umubare munini kubera ko mbere yawo, abantu 100, 000 bonyine nibo bari baramaze guhunga. Byerekana ko niba int...









