MTN Group ubu ifite umuuyobozi mushya witwa Ali Monzer akaba agomba gusimbura Mapula Bodibe. Uyu mugabo yari asanzwe ayobora MTN ishami rya Sudani y’Epfo, imirimo yatangiye guhera muri Mata, 2024. Mon...
Ingabo za Sudani zirishimira ko zafashe inyubako yose isanzwe ari Ibiro by’Umukuru w’igihugu, zikirukana abagize umutwe wa Rapid Support Force bari bamaze igihe barabujije uwo ari we wese kuhegera. N’...
Guverinoma ya Sudani y’Epfo yatangaje ko abakozi 20 bo mu bucukuzi bwa peteroli baguye mu mpanuka y’indege harokoka umwe. Bivugwa ko mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kane ari bwo yabaye ubwo habur...
Mperutse kwinjira muri Sudani y’Epfo mvuye muri Uganda. Nahahuriye na byinshi nifuza gusangiza abasomyi ba Taarifa Rwanda. Ninjiye muri Sudani y’Epfo nciye ku mupaka uri ahitwa Elegu, hari ku wa Kane ...
Kevin Muhire uyobora bagenzi be basangiye gukinira Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasezeranyije Abanyarwanda ko bazatsinda umukino uzabahuza n’ikipe y’igihugu ya Sudani y’Epfo. Uwo mukino witeguwe na bensh...
Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Mbere tariki 23, Ukuboza, 2024 nibwo Amavubi ari bugere i Kigali nyuma yo gutsindwa n’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Sudani y’Epfo yitwa Bright Stars ibitego...
Ambasaderi wa Sudani mu Rwanda Khalid Musa avuga ko agahinda abaturage b’igihugu cye batewe n’ibitero bagabweho n’igisirikare cya RSF abantu babyumva kurusha abandi ku isi ari Abanyarwanda. Abyemeza ...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima rivuga ko ivangura rishingiye ku ruhu ari ryo ryatumye isi idatabara Abanyasudani bahunze intambara, ubu bakaba bagiye kwicirwa n’inzara mu nkambi. Im...
Guverinoma ya Sudani y’Epfo ivuga ko ibikenewe kugira ngo amatora y’Umukuru w’igihugu akorwe mu mutuzo no mu mucyo bitarabona bityo ko adashoboka. Ni inshuro ya gatatu ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo but...
Biherutse gutungura kandi birakaza abagize itsinda rya Sudani y’Epfo bitabiriye imikino olempiki ubwo bumvaga hacuranzwe indirimbo itari iy’igihugu cyabo. Icyo gihe hacuranzwe iya Sudani; igihugu Suda...








