Guverinoma y’u Rwanda iri gusana Stade Amahoro kugira ngo izakire abantu benshi kandi yubatswe mu buryo bujyanye n’igihe. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire Rwanda Housing Authori...
Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire, Rwanda Housing Authority, mu mwaka wa 2018. Muri Werurwe, 2022 n...
Perezida Kagame yaciye muri Senegal asuhuza Perezida w’iki gihugu akaba na Perezida w’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe witwa Macky Sall. Kagame yari avuye mu ruzinduko yari amazemo iminsi mu bihugu bi...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri, NESA, buvuga ko ku wa Mbere taliki 18, Mata, 2022 ari bwo abanyeshuri bazasubira kwiga. Ingengabihe y’uko abiga mu Ntara baz...
Abaturage bifatanyije na Perezida wabo Evariste Ndayishimiye mu gikorwa ryo gusiza no gushyira ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa Stade. Ni mu gace ka Masinzira mu Nkengero z’Umurwa mukuru w’u Burundi ...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye yakiriwe na mugenzi we uyobora Senegal witwa Macky Sall mu ruzinduko yakoreye muri kiriya gihugu. Mu ruzinduko rwe harimo no kwitabira ifungurwa rya Stade Nshya y...
Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire mu mwaka wa 2018. Hari amakuru avuga ko hagati ya Werurwe na Mata...
Umuhango wo gutangiza imikino Olimpiki watangijwe i Tokyo mu Murwa mukuru w’u Buyapani. Iyi mikino izabera muri Stade isa n’itarimo abantu kuko hazaba hari bake gusa kandi nabo bapimwe banakingirwa CO...
Abafana ba Chelsea na Manchester City baraye bateranye ibipfunsi, imiteri, imitwe, intebe, ameza, amagare n’ibindi… Ni mu bushyamirane bwabahurije imbere ya Polisi igerageza kubakiza biranga. Ubu bush...
Ni Stade abafana b’ikipe ya Sunrise bise Gorogota, bashaka kuvuga ko bayibambiraho( gutsinda) amakipe bakinnye nayo. Ubu ifite igisenge, mu mwanya y’icyubahiro, kugira ngo abafana b’imena batazajya bi...









