Minisiteri ya Siporo yatangaje irushanwa ku bantu bose bujuje ibisabwa ngo bakore ikirango kizaranga Stade Amahoro iri kuvugururwa. Bamwe mu bubaka iyi stade bavuga ko igeze hejuru ya 60% yuzura. Iri ...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yanzuye ko umukino wo kwishyura hagati y’Amavubi n’ikipe y’igihugu ya Benin utazabera mu Rwanda. Ivuga ko yari yarasabye FERWAFA kunoza ibya...
Ari kumwe na Perezida wa FIFA Gianni Infantino, Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro Stade ya Kigali ndetse ahita ayiha izina rishya ari ryo Pélé Kigali Stadium. Perezida Kagame na Infantino bari ba...
Yabanje kwitwa Stade Régional de Kigali, nyuma yitwa Kigali Stadium none ubu yiswe Péle Kigali Stadium. Bikozwe nyuma y’ubusabe bw’Ishyirahamwe Mpuzamahanga y’Umupira w’Amaguru (FIFA) bwatanzwe na Per...
Hari amakuru avuga imwe mu makipe akomeye mu Bufaransa yitwa Paris Saint Germain ishaka kugura Stade nkuru y’u Bufaransa yitwa Stade de France. Iyi stade iri ku isoko ku giciro kitajya munsi ya Miliy...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yemeje ko Sitade mpuzamahanga ya Huye yujuje ibisabwa ngo yakire imikino mpuzamahanga. Iby’uko yemewe byagaragajwe ubwo hatangazwaga gahunda ...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane taliki 12, Mutarama, 2023, Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Turikiya witwa Mevlüt Çavuşoğlu. Uyu mushyitsi w...
Nyuma yo gufungura Inama nyafurika ihuza urubyiruko yitwa Youth Connekt 2022, Perezida Kagame yakiriye abanyabigwi baconze ruhago bigatinda barimo Umunyarwanda Jimmy Gatete. Abo banyabigwi barimo na P...
Bamwe mu bari kubaka Stade Amahoro bavuga ko niyuzura izaba ifite uburambe bw’imyaka 50, hakubakwa indi yo ku rwego rw’igihugu. Iri kuvururwa mu gihe yari isigaje imyaka itageze kuri 15 ngo irangize i...
Guverinoma y’u Rwanda iri gusana Stade Amahoro kugira ngo izakire abantu benshi kandi yubatswe mu buryo bujyanye n’igihe. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire Rwanda Housing Authority (RHA) gitangaza...









