Mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga hari abaturage bataka ko ubuyobozi bwabategetse kurandura ibishyimbo kugira ngo aho byari biteye hashyirwe Stade. Meya avuga ko kubaka sta...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ryagangaje ko amasaha y’umukino w’umunsi wa 24 wa Shampiyona uzahuza Rayon Sports na APR FC taliki 09, Werurwe, 2024 yahinduwe kubera ko amatara yo kuri Kig...
Mu gihe amaso ahanzwe Stade Amahoro ngo izatahwe ifite ubwiza budasanzwe, ku rundi ruhande murumuna wayo uri iburyo bwayo winjiriye ku muryango munini ureba mu Migina ya Remera nawe ageze kure avuguru...
Ikigo SUMMA cy’Abanya Turikiya cyasohoye amashusho yerekana Stade Amahoro iri kwaka amabara aranga ibendera ry’u Rwanda. Ni ikimenyetso cy’uko imirimo yo kuyubaka iri kugera ku ndunduro kandi bigaha a...
Abubaka Stade Amahoro mu Murenge wa Remera muri Gasabo bavuga ko kuyubaka bimaze kugera kuri 90%. Iri gusakarwa, yashyizwemo intebe, ibyatsi ndetse ibyo byatsi ubu byashyizwemo amatiyo yo kubyuhira mu...
Umujyi wa Kigali wahaye amasezerano y’umwaka umwe ikigo kitwa CALL ME Ltd ngo kijye gikorera isuku Stade Kigali Pélé Stadium. Ni nyuma y’uko itangazamakuru rigaragaje ko iyi stade yari igiye kuba ikim...
Nyuma y’inkuru yatambukijwe na Taarifa na bagenzi bacu ba UMUSEKE yatabarizaga ko Kigali Pélé Stadium yahindutse ivumbi kandi itaramara amezi itanu itashywe n’Umukuru w’igihugu, ubuyobozi ...
Amafoto aherutse gufatwa n’itangazamakuru agaragaza ko Stade ya Kigali yiswe Kigali Pélé Stadium yuzuye ivumbi. Abari bafite isoko ryo kuyitaho ryararangiye ntibabaha irindi ndetse ntihagira n’irindi ...
Hasigaye amasaha make ngo hakinwe umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro uzaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 03, Kamena, 2023, Taarifa yabajije Abdallah Murenzi wigeze kuyobora Rayon Sports igihe kirek...
Mu gihugu cya El Salvador habereye umuvundo wabereye kuri imwe muri stade z’aho zikomeye, ugwamo abantu 12, abandi bataramenyekana umubare barakomereka. Ni nyuma y’umukino wa ¼ wahuje ikipe yitwa Alia...









