Umukuru w’igihugu avuga ko bidakwiye kuba mu Rwanda hari abantu bakora siporo bakayizanamo bitugukwaha, amarozi n’ibindi, bikica ireme ryayo. Ni imwe mu ngingo yagarutseho mu kiganiro yahaye abanyamak...
Kuri Stade Amahoro ku Cyumweru Tariki 04, Gicurasi, 2025 hazabera umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro uzahuza amakipe ya mbere mu Rwanda ari yo Rayon Sports na APR FC. Kuri uyu wa Gatatu tariki 30,...
Mu Karere ka Huye ku kibuga cyari kigiye gukinirwaho na Mukura VS na Rutsiro FC haguye imvura nyinshi ku buryo yatumye uwo mukino usubikwa. Hari ku mukino w’umunsi wa 21 wa Shampiyona y’icyiciro cya ...
Perezida Kagame yabwiye abarahiriye inshingano nshya baherutse guhabwa muri Guverinoma y’u Rwanda ko bakwiye kuzirikana ko mu nshingano bahawe harimo n’iyo gushaka amikoro. Abarahiye ni Nelly Mukazayi...
Ikipe y’igihugu Amavubi yaraye iteye Abanyarwanda n’Umuyobozi wabo Paul Kagame akanyamuneza nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Djibouti ibitego bitatu ku busa. Hari mu mukino wo kwishyura mu ijonjor...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko Stade Amahoro ivuguruye izafasha mu kuzamura impano z’abakiri bato. Avuga ko intego ari ukuba mu beza muri Afurika. Yabitangaje ubwo yatahaga iyi Stade ivuguruye kur...
Kuri Stade Amahoro i Remera hari abashinzwe umutekano benshi n’abandi bashinzwe kureba uko ibintu byifashe mu rwego rwo kurindira umutekano abari baze mu gikorwa cyo kuyitaha kiri bukorwe na Kagame Pa...
Mu masaha ari imbere, Perezida Paul Kagame araha ikiganiro Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru kuri RBA. Ni ikiganiro ashobora no kuza kwakira ibibazo n’ibitekerezo by’abaturage. Nk’uko asanzwe abige...
Bamwe ni ab’i Kigali, abandi no abo mu nkengero ndetse hari n’abaturutse i Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba…bose bari baje kureba stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa, kuva icyo gihe ikaba ar...
Niba nta gihindutse biteganyijwe ko ibirori byo kwizihiza imyaka 30 u Rwanda rumaze rubohowe bizabera muri Stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa. Iyi Stade iri gukorwa imirimo ya nyuma ndetse mu...









