Abafana ba Rayon Sports baraye bishimye nyuma yo gutsinda Muhazi United ibitego bibiri k’ubusa mu mukino wabereye mu Karere ka Ngoma ahari Stade iyi kipe isanzwe yitorezaho. Umukino wabaye kuri ...
Nyuma yo gukura amanota atatu kuri Stade Ubworoherane itsinze Musanze FC igitego 1-0, Rayon Sports ikomeje kwishimira intsinzi no gushimisha abayifana. Kuri uyu wa Gatatu hatangiye gukinwa imikino y’u...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 12, Kanama, 2023 habaye umukino uruta iyindi muri Football yo mu Rwanda wahuje amakipe atajya imbizi ari yo Rayon Sports na APR FC. Warangiye Rayon Sports itsinze APR FC i...
Uyu musore yatangaje ko yamaze gusinyana na Rayon Sports amasezerano y’uko azayikinira umwaka utaha wa 2023/2024. Kuba Rayon Sports yakiriye Niyonzima Olivier Sefu biri mu mugambi wayo wo kwiyubaka ku...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwaraye busabwe kuyoboka ikigo cy’imari n’imigabane kugira ngo abashoramari bayiguremo imigabane, icuruze irusheho gutera imbere. Byaraye bisabwe n’Umuyobozi w’Ikigo cy’u Rw...
Héritier Luvumbu Nzinga ni umukinnyi mushya Rayon Sports yazanye. Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kigali yavuze ko aje yiyemeje gufatanya na bagenzi be kugira ngo bazanzamure iyi kipe iri mu zi...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwasinyishije rutahizamu mushya witwa Mombote Batshi Assis. Uyu mukinnyi yari asanzwe akinira ikipe yitwa Lusaka FC yo muri Zambia. Ku rubuga rwa Twitter rwa Rayon Sports ba...
Rutahizamu Kevin Muhire amaze gusinya kongera gukinira Rayon Sports. Aje nyuma y’ibiganiro birebire yagiranye n’Umutoza mukuru wa Rayon Sports Bwana Guy Bukasa. Azajya akina yambaye No 11. Kevin Muhir...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports burangije gutangiza ku mugaragaro ibarura ry’abafana bayo. Umunyarwanda ufana Rayon agomba gukanda *702# ugakurikiza ibisabwa hanyuma akiyandikisha mu bafana ba Rayon ...
Urutonde rwasohowe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika rwasohotse mu masaha make ashize rwerekana ko Rayon Sports ari yo kipe yo mu Rwanda ihagaze neza hashingiwe ku manota yagize u...









