Kubera ko amenyo y’umuntu ari urugingo rw’ingenzi mu gutuma igogora rishoboka, abahanga mu ndwara ziyafata basaba ababyeyi gutoza abana kuyoza kuva agitangira kumera. Icyakora bivugwa ko umwana ufite ...
Bamwe mu babyeyi barerera mu mashuri abanza mu kigo kitwa SOS kiri Kakiru muri Gasabo banenga ubuyobozi bwayo ko bubagezaho imyanzuro bataganiriyeho. Umwe muriyo ni uko bwababwiye ko bagomba kujya bi...

